• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika

minebwenews by minebwenews
November 5, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kubari guhatanira kuyobora Amerika.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Uyu munsi niho biza ku menyekana niba Donald Trump ariwe uzayobora iki gihugu cy’igihangange cya Leta Zunze bumwe z’Amerika cyangwa visi perezida Harris Kamala.

Ni mu gihe amatora y’umukuru w’iki gihugu yatangiye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05/11/2024, aho uyu mwanya uriguhatanamo Donald Trump userukira ishyaka ry’Abarepubulikani na Harris Kamala uva mu ishyaka ry’Abademokarate.

Mu gihe Harris yoramuka atorewe kuba perezida W’Amerika yaba yanditse amateka yokuba ari we mugore wa mbere uzaba ayoboye iki gihugu gikanganye mu isi.

Kamala Harris yavukiye mu gace gatuwe n’abantu bakomoka mu moko atandukanye kandi bemera ukwishyira ukizana. Uyu mukandida w’ishyaka ry’Abademokarate wifuza kuba perezida, yagenze urugendo rwa politiki hagati yo kuba ushinzwe iyubahirizamategeko ukakaye n’uharanira amavugurura munzego zitandukanye agamije gukora ibyateza imbere abaturage.

Ni umugore w’imyaka 60 y’amavuko, yubakanye na Doug Emhaff; yize icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu bya mategeko.
Umutongo we ubarirwa muri miliyoni $8.

Naho bwana Donald Trump ni umugabo w’imyaka 78; yize icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu by’ubukungu, akaba yarashakanye na Melania Trump, bombi bafitanye abana batanu.
Umutongo we ubarirwa muri miriyari $8.

Tubibutsa kandi ko Trump yabayeho perezida w’iki gihugu, guhera muri 2017 kugeza 2021 bivuze ko ibyo kuyobora Amerika abifitemo ubunararibonye.

Tags: Donald TrumpKamala Harris
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Umupaka uhuza Gisenyi na Goma, haketswe impamvu RDC yawufunze.

Umupaka uhuza Gisenyi na Goma, haketswe impamvu RDC yawufunze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?