• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kubayobozi bashya m23 yashyizeho bashinzwe imari.

minebwenews by minebwenews
March 20, 2025
in Regional Politics
0
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kubayobozi bashya m23 yashyizeho bashinzwe imari.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa m23 ndetse n’uwa Twirwaneho n’indi ryashyizeho abayobozi bashya bazafasha kugenzura imari.

Ni abayobozi bivugwa ko bazafasha kugenzura imari rusange, imisoro, ishoramari no kugenzura ibijyanye n’inguzanyo.

Ibi bikaba bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka ejo ku wa gatatu tariki ya 19/03/2025.

Iri tangazo rikaba rivuga ko uwitwa Mugisha Robert yagizwe umuyobozi mukuru w’imari, aho yungirijwe n’abandi babiri barimo Kilo Buhunda ushyinzwe umutekano Rusange n’imisoro.

Mugisha kandi azungirizwa na Fanny Kaj Kayemb wagizwe umuyobozi mukuru w’imari wungirije ushinzwe ibijyanye no kugenzura inguzanyo ndetse n’ishoramari.

Iri tangazo rimenyesha aya makuru, riteweho umukono na perezida Bertrand Bisimwa w’u mutwe wa m23 n’umuhuza bikorwa wa AFC Corneille Nangaa, rinagaragaza ko ibyo byemezo bihita bitangira gukurikizwa.

Iri huriro rya AFC ribarizwamo n’umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho, ryakomeje gushyira abayobozi mu myamya, bashyizwe kuyobora mu bice uyu mutwe uharanira uburenganzira bw’Ababye-kongo wigaruriye.

Kuko ku wa 5/02/2025, iri huriro rya AFC ryashyizeho abayobozi b’intara ya Kivu y’Amajyaruguru harimo n’abayobozi b’umujyi wa Goma.

Icyo gihe watangaje ko Bahati Musanga yagizwe guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, yungirijwe na Manzi Willy wagizwe visi guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ushyinzwe ibijyanye na politiki, ubuyobozi n’amategeko.

Ni mu gihe Amani Bahati Shaddrack yagizwe visi guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ushyinzwe ubukungu, imari n’iterambere.

Nyuma yo gufata umujyi wa Bukavu wo muri Kivu y’Amajyepfo na bwo iri huriro ryahise rishyiraho abayobozi b’iyo ntara.

Guverineri w’iyi ntara ya Kivu y’Epfo yagizwe Birato Rwihimba Emmanuel, yungiizwa na Dunia Masumbuko Bwenge wagizwe guverineri wungirije ushinzwe politiki, ubuyobozi n’amategeko ndetse na Bushinge Gasinzira Juvenal wagizwe guverineri wungirije ushinzwe ubukungu, imari n’iterambere.

Tags: Abayobozi bashyaAFCImariM23
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku irasana ryabaye hagati y’abasirikare  n’abapolisi i Kinshasa.

Ibivugwa ku irasana ryabaye hagati y'abasirikare n'abapolisi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?