• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Leta ya Tshisekedi yateguye gutakambira Imana ku ntambara igeze muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
January 21, 2025
in Religion
0
Leta ya Tshisekedi yateguye gutakambira Imana ku ntambara igeze muri Kivu y’Amajy’epfo.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Tshisekedi yateguye gutakambira Imana ku ntambara igeze muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ni igikorwa cyateguwe na minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, aho yateguje amadini yose muri iki gihugu ko agomba gusabira imbaraga Fardc na Wazalendo kugira ngo batsinde umutwe wa M23.

Ibi bikaba bikubiye mu itangazo uyu minisitiri w’ubutabera yashyize hanze ku wa mbere tariki ya 20/01/2025, rivuga ko iryo sengesho rigomba kuba ku ya 09/02/2025 imbere mu gihugu no hanze yacyo.

Mutamba avuga ko muri icyo gihe hazabaho gukusanya inkunga mu rwego rwo gushyigikira ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo na Wazalendo, no kubashyira mu biganza by’Imana.

Yasabye Abanye-Kongo guhagurukana n’iyonka mu rwego rwo kugira ngo bazitabire iryo sengesho kuko aho intambara igeze hasaba gutakamba kwa buri wese.

Ikindi bwana Mutamba yavuze, ngo iryo sengesho rigamije kugira ngo Abanye-kongo bose babe umwe, kandi ko amadini yose ategetswe kurikora mu nyungu zo gushakira amahoro n’umutekano iki gihugu n’abagituye.

Ibi bipanzwe mu gihe intambara igikomeje muri Kivu y’Amajy’epfo, hagati ya M23 n’ingabo za RDC zifashwa n’iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro igizwe na Wazalendo na FDLR.

Nyamara umutwe wa M23 ukaba urimo kwagura ibice ugenzura, aho wanafashe Minova, Nyabibwe n’ibindi bice byo muri teritware ya Kalehe.

Tags: AmasengeshoKinshasaM23
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y’Epfo.

Hatanzwe umucyo ku masasu yaraye araswa i Kavumu muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?