• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyo wa menya kuri pasika yizihijwe mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya kuri pasika yizihijwe mu Bibogobogo.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri pasika yizihijwe mu Bibogobogo.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Mu Bibogobogo abakristo baho bizihije pasika, babwibwa ko Yesu atakiri mu mva hubwo ko ari mu zima.

Ku mugoroba wo ku wa gatanu w’iki cyumweru ni bwo mu Bibogobogo batangiye igiterane cya Pasika, baza kuyisoza uyu munsi ku cyumweru tariki ya 20/04/2025.

Iyi pasika ikaba yarimo ibera mu itorero rya 37ème CADC riherereye mu muhana munini wa Bibogobogo uzwi nka centre yaka gace.

Aka gace ka Bibogobogo ni agace kagizwe n’imihana irenga 10, kakaba kari mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Baraka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu gukora iyi pasika yabereye aha muri centre ya Bibogobogo, hihuje amakanisa abiri, irya Eglise Vivante na 37 CADC ari nayo yakiriye iki giterane.

Uwabwirije uyu munsi ku cyumweru ni pasiteri Simeon Semwema wo muri Eglise Vivante.
Mu kubwiriza yabwiye abakristo ko Yesu atakiri mu mva hubwo ko ari muzima.

Yagize ati: “Yesu ntiyapfuye ni muzima.”

Yashimangiye ibi avuga ko Yesu atakiri mu mva hubwo ko yicaye iburyo bwa se.”

Ni nyuma y’aho yari yasomye mu gitabo cy’ubutumwa bwiza bwanditswe na Matayo 28:5-6, hagira hati: “Ariko Maraika abwira abagore ati ‘Mwebweho mwitinya, kuko nzi yuko mushaka Yesu wabambwe. Ntari hano yazutse nk’uko yavuze, ni muze murebe aho umwami yari aryamye.”

Umvugabutumwa yasabye abakristo kutagira ubwoba bwo gutinya icyo ari cyo cyose, kuko umwami wacu Yesu ari muzima, kandi ko azatuzurira n’abacu bapfuye.

Hafashwe n’amashusho agaragaza ko abari muri uwo mukutano bari gukurikira ibirimo kuwukorerwamo, yaba indirimbo n’ijambo ry’Imana.

Ni amashusho kandi agaragaza ko abari muri uwo mukutano batari bake.

Uyu mukutano wakozwe nyuma y’aho muri iki gice hari agahenge ka mahoro.

Ibitero by’ihuriro rya Wazalendo rigizwe na Mai Mai na FDLR, ibyo iri huriro rikunze kugaba ku Banyamulenge bo muri aka gace biheruka hagati mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Icyo gihe byaje gusubizwa inyuma n’Abanyamulenge birwanaho bo muri iki gice cya Bibogobogo.

Nubwo iki gice kikiri mu biganza by’ingabo za Congo, ariko ntibibuza ko Abanyamulenge bagituye bagabwagaho ibitero byari riya huriro ry’imitwe ya Wazalendo na FDLR ikorana byahafi na Leta y’i Kinshasa.

Tags: BibogobogoIgiteranePasika
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo  kwa magana perezida Trump.

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?