• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.

minebwenews by minebwenews
September 28, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Félix Tshisekedi Tshilombo, perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze amagambo arimo ubu beshi mu nteko rusange y’umuryango w’Abibumbye, avuga ko umutwe wa M23 watumye Abanyekongo miliyoni zirindwi mu Burasirazuba bwa RDC bahunga.

Hari mu nama yabaye tariki 25/09/2024, i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Tshisekedi yagize ati: “Ikibazo cyo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kirahangayikishije cyane. Kugaruka ku mutwe wa M23 kwateye ikibazo kitigeze kibaho mbere, abantu hafi miliyoni zirindwi bava mu ngo zabo barahunze.”

Nyuma kandi yaje kongeraho asaba ibihugu bikomeye kwamagana umutwe wa M23 no kuwufatira ibihano.

Nk’uko bivugwa imibare bwana Tshisekedi yavuze y’abahunze, itandukanye kure n’ukuri, kuko raporo y’umuryango w’Abibumbye mu ishami rishinzwe abimukira, IOM(international office of migration), yasohotse muri uku kwezi kwa Cyenda, igaragaza ko kugeza ubu 2024 abari bamaze guhunga muri RDC yose ari 6.917.478.

Ni raporo kandi igaragaza ko 87% by’aba bantu bahunze, bahunze bitewe n’amakimbirane y’imitwe y’itwaje intwaro irimo FDLR, Maï Maï, CODECO na ADF, abandi 13% bahunga bitewe n’ibiza birimo imyuzure . Abari bamaze gusubira mu ngo zabo kugeza mu mezi make ashize ni 433.548.

Muri Kivu y’Amajyaruguru harwanira ingabo za RDC, abacanshuro, FDLR n’imitwe yitwaje intwaro igize Wazalendo, ingabo z’u Burundi na M23. Iyi raporo igaragaza ko hahunze abaturage 2.441.338 bangana na 35% ku rwego rw’igihugu, hahunguka 1.819.167.

Muri Kivu y’Amajy’epfo harwanira ingabo za FARDC, iz’u Burundi, umutwe witwaje imbunda wa Raia Mutomboki, Maï Maï Yakutumba, Red Tabara, Forebu n’indi. Bigaragara ko hahunze abantu 1.478.639 bangana na 21% ku rwego rw’igihugu, hahunguka 480.796.

Intara ifite abantu benshi ni Ituri isanzwe irwaniramo ingabo za RDC n’umutwe w’iterabwoba wa ADF na CODECO. Raporo igaragaza ko 1.246.044 abahunze bangana na 18% ku rwego rw’igihugu, hahunguka 1.187.005.

Intara zo mu Burasirazuba bw’iki gihugu, Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajy’epfo, Ituri na Tanganyika ni zo zifite benshi bahunze. Muri rusange ni 5.488.323 gusa ku rundi ruhande harimo 3.672.010.

Umutwe wa M23 uwo Tshisekedi yabesheye, usanzwe urwanira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ahanini urwanira uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

              MCN.
Tags: OniTshisekediYiswe umunyakinyoma
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.

IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?