• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.

minebwenews by minebwenews
September 28, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri perezida Tshisekedi wiswe umunyakinyoma.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Félix Tshisekedi Tshilombo, perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze amagambo arimo ubu beshi mu nteko rusange y’umuryango w’Abibumbye, avuga ko umutwe wa M23 watumye Abanyekongo miliyoni zirindwi mu Burasirazuba bwa RDC bahunga.

Hari mu nama yabaye tariki 25/09/2024, i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Tshisekedi yagize ati: “Ikibazo cyo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kirahangayikishije cyane. Kugaruka ku mutwe wa M23 kwateye ikibazo kitigeze kibaho mbere, abantu hafi miliyoni zirindwi bava mu ngo zabo barahunze.”

Nyuma kandi yaje kongeraho asaba ibihugu bikomeye kwamagana umutwe wa M23 no kuwufatira ibihano.

Nk’uko bivugwa imibare bwana Tshisekedi yavuze y’abahunze, itandukanye kure n’ukuri, kuko raporo y’umuryango w’Abibumbye mu ishami rishinzwe abimukira, IOM(international office of migration), yasohotse muri uku kwezi kwa Cyenda, igaragaza ko kugeza ubu 2024 abari bamaze guhunga muri RDC yose ari 6.917.478.

Ni raporo kandi igaragaza ko 87% by’aba bantu bahunze, bahunze bitewe n’amakimbirane y’imitwe y’itwaje intwaro irimo FDLR, Maï Maï, CODECO na ADF, abandi 13% bahunga bitewe n’ibiza birimo imyuzure . Abari bamaze gusubira mu ngo zabo kugeza mu mezi make ashize ni 433.548.

Muri Kivu y’Amajyaruguru harwanira ingabo za RDC, abacanshuro, FDLR n’imitwe yitwaje intwaro igize Wazalendo, ingabo z’u Burundi na M23. Iyi raporo igaragaza ko hahunze abaturage 2.441.338 bangana na 35% ku rwego rw’igihugu, hahunguka 1.819.167.

Muri Kivu y’Amajy’epfo harwanira ingabo za FARDC, iz’u Burundi, umutwe witwaje imbunda wa Raia Mutomboki, Maï Maï Yakutumba, Red Tabara, Forebu n’indi. Bigaragara ko hahunze abantu 1.478.639 bangana na 21% ku rwego rw’igihugu, hahunguka 480.796.

Intara ifite abantu benshi ni Ituri isanzwe irwaniramo ingabo za RDC n’umutwe w’iterabwoba wa ADF na CODECO. Raporo igaragaza ko 1.246.044 abahunze bangana na 18% ku rwego rw’igihugu, hahunguka 1.187.005.

Intara zo mu Burasirazuba bw’iki gihugu, Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajy’epfo, Ituri na Tanganyika ni zo zifite benshi bahunze. Muri rusange ni 5.488.323 gusa ku rundi ruhande harimo 3.672.010.

Umutwe wa M23 uwo Tshisekedi yabesheye, usanzwe urwanira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ahanini urwanira uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

              MCN.
Tags: OniTshisekediYiswe umunyakinyoma
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.

IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?