• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.

minebwenews by minebwenews
October 31, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yamaze kugera i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi nyuma yuko yari avuye muruzinduko i Kampala muri Uganda.

Ahar’ejo tariki ya 30/10/2024, nibwo perezida Félix Tshisekedi yari i Kampala muri Uganda, aho yanagiranye ibiganiro na mugenzi we Yoweli Kaguta Museveni.

Ibiganiro byabo byabaye mu muhezo, bikaba byari banze ku mutekano muke w’u Burasirazuba bwa RDC n’uwakarere.

Aba bakuru b’ibihugu byombi, banaganiriye kandi kubikorwa byagisirikare bihuriweho n’ingabo z’ibihugu byombi, FARDC na UPDF mu guhangana n’inyeshamba za ADF zifite ibirindiro mu Burasirazuba bwa RDC.

Nyuma y’uru ruzinduko, Tshisekedi yahise yerekeza i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, mu nama igira iya 23 y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize umuryango wa COMESA.

Ibiro by’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, byemeje aya makuru. Ni mu gihe byatangaje ko perezida Félix Tshisekedi yageze i Bujumbura ku mugoroba wo ku wa gatatu, kandi ko yitabiriye inama yo kuri uyu wa kane tariki ya 31/10/2024.

Ku kibuga cy’indege cya Bujumbura, perezida Félix Tshisekedi yakiriwe na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye wanahawe inshingano zo kuyobora COMESA guhera kuri uyu wa kane.

Abandi bakuru b’ibihugu bitabiriye iyi nama, barimo perezida William Ruto wa Kenya, Andry Rajoelina wa Madagascar, Hakainde Hichilema wa Zambia na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ari nacyo gihugu cyakiriye iyi nama ibaye ku nshuro ya 23.

Tags: BujumburaCOMESANdayishimiye
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.

I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?