• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2024
in World News
0
Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere wo kw’itariki ya 25/06/2024.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni imirwano yabereye muduce dutandukanye harimo utubiri duherereye muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko izakumara umwanya muto, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu.

Amasoko yacu avuga ko iyi mirwano ko yabereye ahitwa Kashuga izagukomereza muri Ibuga ahari ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR, aho byarangiye utu duce twombi Wazalendo batwirikanwemo ndetse basubizwa inyuma cyane.

Ibyo byabaye mu gihe ari iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa( FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC ), ariryo ryari ryagabye ibi bitero ku barwanyi ba M23 bari muri utwo duce two muri Rutshuru.

Ndetse kandi ibindi bitero byaje gusubizwa inyuma by’iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ibyari byagabwe ahari ibirindiro bya M23 biri mu bice byo mur teritware ya Nyiragongo nka hitwa Kabuki no mu nkengero zaho, ibyo bitero umutwe wa M23 wabishubije inyuma kandi wambura iri huriro ry’Ingabo za RDC ibikoresho by’agisirikare, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Kimweho intambara iri muri ibi bice isa niyagabanijeho umuvuduko yari fite mu mezi abiri ashize, aho M23 yafataga ibice birenga nabitanu ku munsi umwe, mu gihe ubuho bitakiri nka mbere.

               MCN...
Tags: FardcImirwanoRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Bitunguranye abasirikare b'u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?