• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2024
in World News
0
Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere wo kw’itariki ya 25/06/2024.

You might also like

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Ni imirwano yabereye muduce dutandukanye harimo utubiri duherereye muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko izakumara umwanya muto, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu.

Amasoko yacu avuga ko iyi mirwano ko yabereye ahitwa Kashuga izagukomereza muri Ibuga ahari ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR, aho byarangiye utu duce twombi Wazalendo batwirikanwemo ndetse basubizwa inyuma cyane.

Ibyo byabaye mu gihe ari iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa( FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC ), ariryo ryari ryagabye ibi bitero ku barwanyi ba M23 bari muri utwo duce two muri Rutshuru.

Ndetse kandi ibindi bitero byaje gusubizwa inyuma by’iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ibyari byagabwe ahari ibirindiro bya M23 biri mu bice byo mur teritware ya Nyiragongo nka hitwa Kabuki no mu nkengero zaho, ibyo bitero umutwe wa M23 wabishubije inyuma kandi wambura iri huriro ry’Ingabo za RDC ibikoresho by’agisirikare, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Kimweho intambara iri muri ibi bice isa niyagabanijeho umuvuduko yari fite mu mezi abiri ashize, aho M23 yafataga ibice birenga nabitanu ku munsi umwe, mu gihe ubuho bitakiri nka mbere.

               MCN...
Tags: FardcImirwanoRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Bitunguranye abasirikare b'u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?