• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2024
in World News
0
Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku mirwano yasakiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa kuri uyu wa Mbere wo kw’itariki ya 25/06/2024.

You might also like

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Ni imirwano yabereye muduce dutandukanye harimo utubiri duherereye muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko izakumara umwanya muto, nk’uko iy’inkuru tuyikesha amasoko yacu.

Amasoko yacu avuga ko iyi mirwano ko yabereye ahitwa Kashuga izagukomereza muri Ibuga ahari ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR, aho byarangiye utu duce twombi Wazalendo batwirikanwemo ndetse basubizwa inyuma cyane.

Ibyo byabaye mu gihe ari iri huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa( FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC ), ariryo ryari ryagabye ibi bitero ku barwanyi ba M23 bari muri utwo duce two muri Rutshuru.

Ndetse kandi ibindi bitero byaje gusubizwa inyuma by’iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’ibyari byagabwe ahari ibirindiro bya M23 biri mu bice byo mur teritware ya Nyiragongo nka hitwa Kabuki no mu nkengero zaho, ibyo bitero umutwe wa M23 wabishubije inyuma kandi wambura iri huriro ry’Ingabo za RDC ibikoresho by’agisirikare, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu barwanyi ba M23.

Kimweho intambara iri muri ibi bice isa niyagabanijeho umuvuduko yari fite mu mezi abiri ashize, aho M23 yafataga ibice birenga nabitanu ku munsi umwe, mu gihe ubuho bitakiri nka mbere.

               MCN...
Tags: FardcImirwanoRutshuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye abasirikare b’u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Bitunguranye abasirikare b'u Burundi benshi baguye mu mpanuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?