• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y’i Mulenge

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Intwaro kirimbuzi ziri mu ziteye ubwoba bwinshi ku Isi, zitunzwe n’ibihugu icumi numwe (11) gusa, byo kuri uyu mubumbe utuwe n’abantu babarirwa muri miliyari zirenga zirindwi ku migabane itanu iwugize.

Kirimbuzi ni gisasu cy’ingufu za nucléaire, gikozwe mu bumara bwa “atome(uranium) cyangwa platinum).”

Iki gisasu, bivugwa ko iyo gituritse kivamo: umuriro ufite “ubushyuhe” budasanzwe, kuko buba buri kuri degree irenze igipimo.

Kiba kandi gifite “umuyaga” wangiza cyangwa wica ibiri mbere byose aho uba unyuze.

Ndetse bivugwa ko ubumara buri muri uwo muyaga buzwi nka “radiyasi” bukomeza kwica ibiri harya hantu wanyuze imyaka ni myaka.
Bivuze ko imijyi irahasenyukira igashyira burundu.

Amateka avuga ko mu 1945- Amerika yateye igisasu cya kirimbuzi i Hiroshima na Nagasaki, ho mu gihugu cy’u Buyapani, abantu barenga 200,000 barapfa, abatarapfuye barwara cancer, n’bagiye bahavukira nyuma bakavukana ubumuga butandukanye.
Ibidukikije birangirika ku kukigero kidasanzwe.

Ibi byatumye ibihugu byari muri iyo ntambara ibyinshi muribyo bikuramo akababo karenge. Kugeza n’ubu ibi bihugu bitinya ko intambara ya gatatu y’isi yakubura, isi ikaba igiye kwinjira mu kaga gakomeye.

Kuri ubu ibihugu bitunze intwaro kirimbuzi, harimo Leta Zunze ubumwe z’Amerika, izitunze kuva mu mwaka wa 1946, aho ifite izigera kuri 5,244.

U Burusiya, na bwo buzitunze kuva mu mwaka wa 1949. Bukaba butunze izigera kuri 5,889.

U Bwongereza buzifite kuva mu 1952. Bukaba butunze izigera kuri 225.

U Bufaransa na bwo buzifite kuva mu 1960, bukagira izigera kuri 290.

Pakistan izifite kuva mu 1970, bukagira izigera kuri 164.

Koreya ya Ruguru izitunze kuva mu mwaka wa 2006, ikagira iziri hagati ya 30 na 50.

Ikindi gihugu gitunze nyinshi muri izo ntwaro ni u Bushinwa, nubwo umubare w’izo butunze utazwi. Ndetse Kandi n’u Buhinde.

Igihugu cya nyuma gitunze intwaro kirimbuzi ni Israel, aho amakuru agaragaza ko gitunze iziri hagati ya 90 ni 100.

Kwirinda ko izi ntwaro zidakoreshwa, ni uguhitamo amahoro no kumvikana hagati y’ibihugu.

Ibihugu byo ku mugabane wa Afrika mu mwaka wa 1996, byiyemeje kutazitunga, bihitamo kuzaguma gutyo, nubwo byenda mu bihe biri mbere bishobora gusesea ayo masezerano.

Mu mwaka wa 1960 na 1990, Amerika n’u Burusiya byakoze intwaro nyinshi zitandukanye z’ubumara, hari nyuma y’intambara y’amagambo hagati yabyo. Ibi byatumye impande zombi zigirana amasezerano nka treaty the non-profiteration of the nuclear weapons.

Nyuma y’aho kandi byagize andi ya start treaties. Byari mu rwego rwo kugira ngo habe kwirinda batazaja kuzikoresha bikangiza byinshi ku isi. Bivuze ko bazitunze ariko na bo ubwabo zibateye ubwoba, kuko zirashwe byaba ari imperuka y’isi.

Ku rundi ruhande hari amakuru atangwa n’abemera Imana, aho basobanura ko nubwo ibi bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, ariko ko ziteganyirijwe kuzazirasa igihe cy’imperuka, kabone nubwo zarashwe i Hiroshima na Nagasaki mu Buyapani.

Tags: Ibihugu bizitunzeIcumi n'umweIntwaro Kirimbuzi
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y'i Mulenge Abanyamulenge bari berekeje ku isoko imwe basigaranye baboneramo ibintu byose byibanze ya Mitamba, birimo "umunyu...

Read moreDetails

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

Abasirikare bafunzwe nyuma y'igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaye mu mujyi wa Kinshasa bambika ubusa umugore witwa Honorine Porche...

Read moreDetails

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili Imitwe itutu yitwaje intwaro ya Wazalendo isanzwe ifatanya n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana n'ihuriro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Epfo Igisirikare cy'u Burundi kiravugwaho kongera abasirikare bacyo mu bice bitandukanye muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Leta y'u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?