• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in Conflict & Security
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Intwaro kirimbuzi ziri mu ziteye ubwoba bwinshi ku Isi, zitunzwe n’ibihugu icumi numwe (11) gusa, byo kuri uyu mubumbe utuwe n’abantu babarirwa muri miliyari zirenga zirindwi ku migabane itanu iwugize.

Kirimbuzi ni gisasu cy’ingufu za nucléaire, gikozwe mu bumara bwa “atome(uranium) cyangwa platinum).”

Iki gisasu, bivugwa ko iyo gituritse kivamo: umuriro ufite “ubushyuhe” budasanzwe, kuko buba buri kuri degree irenze igipimo.

Kiba kandi gifite “umuyaga” wangiza cyangwa wica ibiri mbere byose aho uba unyuze.

Ndetse bivugwa ko ubumara buri muri uwo muyaga buzwi nka “radiyasi” bukomeza kwica ibiri harya hantu wanyuze imyaka ni myaka.
Bivuze ko imijyi irahasenyukira igashyira burundu.

Amateka avuga ko mu 1945- Amerika yateye igisasu cya kirimbuzi i Hiroshima na Nagasaki, ho mu gihugu cy’u Buyapani, abantu barenga 200,000 barapfa, abatarapfuye barwara cancer, n’bagiye bahavukira nyuma bakavukana ubumuga butandukanye.
Ibidukikije birangirika ku kukigero kidasanzwe.

Ibi byatumye ibihugu byari muri iyo ntambara ibyinshi muribyo bikuramo akababo karenge. Kugeza n’ubu ibi bihugu bitinya ko intambara ya gatatu y’isi yakubura, isi ikaba igiye kwinjira mu kaga gakomeye.

Kuri ubu ibihugu bitunze intwaro kirimbuzi, harimo Leta Zunze ubumwe z’Amerika, izitunze kuva mu mwaka wa 1946, aho ifite izigera kuri 5,244.

U Burusiya, na bwo buzitunze kuva mu mwaka wa 1949. Bukaba butunze izigera kuri 5,889.

U Bwongereza buzifite kuva mu 1952. Bukaba butunze izigera kuri 225.

U Bufaransa na bwo buzifite kuva mu 1960, bukagira izigera kuri 290.

Pakistan izifite kuva mu 1970, bukagira izigera kuri 164.

Koreya ya Ruguru izitunze kuva mu mwaka wa 2006, ikagira iziri hagati ya 30 na 50.

Ikindi gihugu gitunze nyinshi muri izo ntwaro ni u Bushinwa, nubwo umubare w’izo butunze utazwi. Ndetse Kandi n’u Buhinde.

Igihugu cya nyuma gitunze intwaro kirimbuzi ni Israel, aho amakuru agaragaza ko gitunze iziri hagati ya 90 ni 100.

Kwirinda ko izi ntwaro zidakoreshwa, ni uguhitamo amahoro no kumvikana hagati y’ibihugu.

Ibihugu byo ku mugabane wa Afrika mu mwaka wa 1996, byiyemeje kutazitunga, bihitamo kuzaguma gutyo, nubwo byenda mu bihe biri mbere bishobora gusesea ayo masezerano.

Mu mwaka wa 1960 na 1990, Amerika n’u Burusiya byakoze intwaro nyinshi zitandukanye z’ubumara, hari nyuma y’intambara y’amagambo hagati yabyo. Ibi byatumye impande zombi zigirana amasezerano nka treaty the non-profiteration of the nuclear weapons.

Nyuma y’aho kandi byagize andi ya start treaties. Byari mu rwego rwo kugira ngo habe kwirinda batazaja kuzikoresha bikangiza byinshi ku isi. Bivuze ko bazitunze ariko na bo ubwabo zibateye ubwoba, kuko zirashwe byaba ari imperuka y’isi.

Ku rundi ruhande hari amakuru atangwa n’abemera Imana, aho basobanura ko nubwo ibi bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, ariko ko ziteganyirijwe kuzazirasa igihe cy’imperuka, kabone nubwo zarashwe i Hiroshima na Nagasaki mu Buyapani.

Tags: Ibihugu bizitunzeIcumi n'umweIntwaro Kirimbuzi
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Leta y'u Rwanda yasubije abagize igihe bavuga ko Perezida Kagame arwaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?