• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wamenya kuri Kikuni bivugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
September 12, 2024
in World News
0
Ibyo wamenya kuri Kikuni bivugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya kuri Kikuni bivugwa ko yaba yarishwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Umunyapolitiki Seth Kikuni wo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, birakekwa ko yaba yarishwe nyuma y’uko atawe muri yombi n’ubutegetsi bwa RDC akaza kuburirwa irengero.

Mu gihe cy’iminsi icumi irengaho gato, nibwo Seth Kikuni yafashwe n’inzego z’umutekano muri RDC arafungwa.

Rero, muri iyi minsi ibiri ishize hatangiye kuvugwa ko abantu bo mu ishyaka rye bagiye ku mushakira kuri ANR ariko ntibamubona kuko uru rwego rushinzwe iperereza rwababwiye ko atakiri mu maboko y’uru rwego.

Nyuma, abanyapolitiki bo muri iki gihugu nka Martin Fayulu n’abandi bahise batangira gusaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo gutanga umucyo ku buzima bwa Kikuni, ndetse kandi ngo akarekurwa byihuse.

Muri RDC hasanzwe havugwa ko hari ibisambo byayogoje Igihugu, kandi ko byidegembya ariko inzirakarengane akaba ari zo zikomeje gufungwa binyuranyije n’amategeko.

Seth Kikuni yatawe muri yombi nyuma yamasaha make atanze ubutumwa kurukuta rwa X, avuga kubwicanyi bw’imfungwa zishwe ku itariki 02/09/2024.

Yari yanditse agira ati: “Ubwicanyi ni bwinshi, busa cyane nk’uruhererekane rw’iyicwa ry’abaturage bakagombye kurindwa bidasanzwe na Leta. Wazalendo muri Goma, Kilwa, Lwilu, none no muri Makala. Ntibishoboka.”

Mu mezi make kandi ashize Kikuni hamwe na Claudel Andre Lubaya bari bashinze urwego ngishwanama kuri politiki.

Uru rwego ubuyobozi bwa Kinshasa bwarufashe nkurushaka kurwanya ubutegetsi buriho.

Seth Kikuni ni umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ari mubo kandi babayeho abakandida ku mwanya wa Perezida mu matora y’ubushize muri RDC.

               MCN.
Tags: KinshasaSeth KikuniYaburiwe Irengero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post

Oil Set for Weekly Gain With Focus Turning to Stimulus And Storm

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?