• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 14, 2025
in World News
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho

You might also like

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo akaduruvayo.

Ibi yabivuze akoresheje urubuga rwe rwa Facebook kuri uyu wa kabiri tariki ya 14/10/2025.

Ni ubutumwa yageneye Abanyamadagascar nyuma y’aho mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 12/10/2025, yahunze iki gihugu ajanwa n’indege y’igisirikare cy’u Bufaransa; bikavugwa ko yamujanye ahatazwi.

Muri buriya butumwa bwe, yagaragaje ko Madagascar ibihe irigucamo ari bibi cyane, asaba abaturage bayo ‘gutuza,’ anababwira ko nta muntu n’umwe wifuza ko igihugu gisenyuka.

Yavuze kandi ko yafashe icyemezo cyo guhunga, nyuma y’uko yari yaburiwe ko “hari umugambi wo gushaka ku mwica.”

Ndetse kandi avuga ko amakuru afite ari uko abasirikare bagombaga kumukorera coup d’etat bitarenze tariki ya 25/09/2025, ubwo yari i New York aho yari yitabiriye inteko rusange ya 80 y’umuryango w’Abibumbye, gusa akavuga ko ibyo bitamubujije kugaruka mu gihugu.

Yagize ati: “Namenye ko hari abantu bari bagiye kwinjira mu ngoro ya Lavoloha bakahanyicira. Bikaba biri mu byatumye mpamagara ba perezida benshi bo mu bihugu bigize SADC. Bamwe muri bo bemeye kohereza imitwe y’ingabo zabo hano, nk’uko byagenze muri RDC, Ethiopia na Mozambique. Ariko narabyanze . Iyo ni yo mpamvu nahatirijwe gushaka ahantu hatekanye ngo ndinde ubuzima bwanjye.”

Ku rundi ruhande, inteko ishinga amategeko y’iki gihugu yatoye ko perezida Rojoeline akurwa ku butegetsi.

Ku murwanya byatangiye ari imyigaragambyo, aho yarimo ikorwa n’urubyiruko. Bakaba barimo bayikora kubera ibura ry’amazi n’amashanyarazi. Ariko iyo myigaragambyo yaje kuvamo ushyano rya Politiki.

Perezida Rojoeline yagiye ku butegetsi muri 2009, akaba yarabugezeho biciye muri coup d’etat.

Akuweho mu buryo bubi nk’ubu, mu gihe yarabumazeho imyaka 16.

Tags: Coup d'ÉtatMadagascarRajoelina
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031 Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka 37 ku butegetsi, yemejwe nk’umukandida watsinze amatora ya perezida ya Uganda ku...

Read moreDetails

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere Minisiteri y’Ingabo ya Irake yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zimaze kwisubiza byuzuye igenzura ry’ikibuga gikomeye cy’ingabo zo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails
Next Post
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?