• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 16, 2025
in Conflict & Security
0
Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

You might also like

Muri Manyema haravugwa imirwano y’amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo.

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Repubulika ya Kivu yaba igiye kubaho, ni gikorwa cyibazwa nyuma y’aho igihugu cya Kenya cyohereje umuntu i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ugihagararira.

Bikubiye mu itangazo Leta ya Kenya yashyize hanze rigena Judy Kiara kuyihagararira i Goma hagenzurwa na AFC/M23/MRDP.

Iri tangazo riteweho umukono na Perezida wa Kenya, William Ruto rigira riti: “Tugenye Judy Kiara guhagararira igihugu cyacu i Goma mu Burasirazuba bwa RDC.”

Kenya ibaye igihugu cya mbere cyohereje umuntu uyihagararira i Goma iherereye mu gice cyafashwe n’ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho.

Ibi bikaba byongeye kuzamura majwi yuko Kivu ishobora kuba igihugu cyigenga, nk’uko byagiye bivugwa mu bihe bitandukanye na bategetsi ba RDC.

Mu mpera z’umwaka ushize ni bwo intambara yongeye guhindura isura hagati ya AFC/M23/MRDP n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, uyu mutwe urwana uvuye inyuma.

Ibyaje no kurangira AFC/M23/MRDP yigaruriye umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu Yaruguru mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho ndetse yaje no gufata n’uwa Bukavu wo muri Kivu y’Amajyepfo ku itariki ya 16/02/2025.

Icyo gihe nabwo amajwi yongeye kuzamuka, bikavugwa ko balkanisation koyaba imaze gukorwa.

Ariko kandi kugeza ubu uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP uracyakomeje kwagura ibirindiro byawo, muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu Yaruguru, ubundi kandi ni mirwano iracyakomeje ku mpande zombi.

Tags: BalkanisationGomaIgihuguKenya
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Muri Manyema haravugwa imirwano y’amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Muri Manyema haravugwa imirwano y'amakundura hagati ya FARDC na Wazalendo. Imirwano iracyakomeje hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi mu ntara...

Read moreDetails

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema. Imirwano ikomeye hagati y'ihuriro rya Wazalendo n'ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo zisanzwe zifatanya kurwanya ihuriro rya...

Read moreDetails

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi na Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, banyaze amafaranga yaragenewe guhemba Abalimu...

Read moreDetails

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba. Daniel Paluku Kisaka wahoze ari minisitiri w'ubuhinzi n'ubworozi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe...

Read moreDetails

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y'Epfo. Constant Mutamba wabaye minisitiri w'ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ko ari nka Nelson...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Perezida Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Putin.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?