• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
August 16, 2025
in Conflict & Security
0
Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’uko Kivu yaba igiye kuba igihugu byongeye gufata indi ntera.

You might also like

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Repubulika ya Kivu yaba igiye kubaho, ni gikorwa cyibazwa nyuma y’aho igihugu cya Kenya cyohereje umuntu i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ugihagararira.

Bikubiye mu itangazo Leta ya Kenya yashyize hanze rigena Judy Kiara kuyihagararira i Goma hagenzurwa na AFC/M23/MRDP.

Iri tangazo riteweho umukono na Perezida wa Kenya, William Ruto rigira riti: “Tugenye Judy Kiara guhagararira igihugu cyacu i Goma mu Burasirazuba bwa RDC.”

Kenya ibaye igihugu cya mbere cyohereje umuntu uyihagararira i Goma iherereye mu gice cyafashwe n’ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho.

Ibi bikaba byongeye kuzamura majwi yuko Kivu ishobora kuba igihugu cyigenga, nk’uko byagiye bivugwa mu bihe bitandukanye na bategetsi ba RDC.

Mu mpera z’umwaka ushize ni bwo intambara yongeye guhindura isura hagati ya AFC/M23/MRDP n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, uyu mutwe urwana uvuye inyuma.

Ibyaje no kurangira AFC/M23/MRDP yigaruriye umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu Yaruguru mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho ndetse yaje no gufata n’uwa Bukavu wo muri Kivu y’Amajyepfo ku itariki ya 16/02/2025.

Icyo gihe nabwo amajwi yongeye kuzamuka, bikavugwa ko balkanisation koyaba imaze gukorwa.

Ariko kandi kugeza ubu uyu mutwe wa AFC/M23/MRDP uracyakomeje kwagura ibirindiro byawo, muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu Yaruguru, ubundi kandi ni mirwano iracyakomeje ku mpande zombi.

Tags: BalkanisationGomaIgihuguKenya
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 byemaze gushyira umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ry'ihagarikwa...

Read moreDetails

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe Amakuru ava mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko nyuma y'aho Colonel Rubaba Ntagawa ahamagajwe...

Read moreDetails

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Perezida Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Putin.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?