• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 2, 2025
  • Login
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’umurambo wasanzwe mu Bisambu bya Kalingi.

You might also like

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Mu Gisambu giherereye hagati ya Kalingi na Mikenke ho mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, hatoraguwe umurambo w’Umuntu bigaragaza ko yarashwe.

Bikubiye mu butumwa bwanditse twahawe kuri uyu wa gatanu tariki ya 01/08/2025.

Ubu butumwa bugira buti: “Hari umuntu warasiwe mu bisambu byo mu Kalingi, kuko hasanzwe umurambo we.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko bikekwa yo yishwe n’abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za Leta, ni mu gihe isanzwe iza gutegera abagenzi muri ibyo bice, aho ibanyaga ubundi ikanahafatira abagore ku ngufu.

Gusa, ibyo kuhicira abantu ntibyari bimenyerewe cyane, usibye kuhabanyagira amafaranga n’ibindi bintu byagaciro.

Kimweho, uwishwe ntiharamenyekana umwirondoro we, ariko abamugezeho bavuga ko atari Umunyamulenge.

Aya makuru anavuga kandi ko yari avuye ku Ndondo ya Bijombo, ati: “Yari avuye mu isoko yo mu Mitamba. Bigaragaza ko yari umucuruzi.”

Binavugwa kandi ko ku mugoroba w’ahar’ejo ahagana isaha zijoro aho yasanzwe yaguye humvikaniye imbunda, ariko ngo zavuze mukanya kangana no guhumbya.

Ibyo bibaye mu gihe utu duce twarimo umutekano muke, kuko ubushize FDLR, Mai Mai ndetse n’ingabo z’u Burundi zagaragaye hafi aho, binavugwa ko ziri gutegura kugaba ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe, Mikenke no mu bindi bice batuyemo by’i Ndondo ya Bijombo.

Tags: KalingiMai MaiMu bisambu
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umugabo yakubiswe byo gupfa, nyuma y’aho akoze igikorwa kigayitse.

Umugabo yakubiswe byo gupfa,nyuma y'aho akoze igikorwa kigayitse. Umugabo w'Umunye-Congo uri mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 45 na 40, yafashe kungufu umwana w'umukobwa uri munsi y'imyaka 15,...

Read moreDetails

Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Umuyobozi w’ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi.

Umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza i Goma yatawe muri yombi. Abashinzwe umutekano w'umujyi wa Goma, mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 bataye muri yombi umuyobozi w'ishuri rya Kaminuza...

Read moreDetails

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w’intebe.

Mu rubanza rwa Mutamba yaruhamagajemo minisitiri w'intebe. Constant Mutamba wahoze ari minisitiri w'ubutabera wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yasabye ko urukiko rumuburanisha rutumiza minisitiri w'intebe, Juduth Suminwa....

Read moreDetails

Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

by Bruce Bahanda
August 1, 2025
0
Abasirikare benshi b’u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho.

Abasirikare benshi b'u Burundi bafashwe mpiri na Twirwaneho. Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wafashe mpiri abasirikare...

Read moreDetails

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

by Bruce Bahanda
July 31, 2025
0
Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura.

Byamenyekanye neza ko Kinshasa iri gutegura intambara karundura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo, rivuga ko iri gutegura intambara ikomeye. Bikubiye mu...

Read moreDetails
Next Post
Inama ya mbere y’urwego rugenzura iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Congo n’u Rwanda yateranye.

Inama ya mbere y'urwego rugenzura iyubahirizwa ry'amasezerano y'amahoro ya Congo n'u Rwanda yateranye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?