• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’urupfu rwa Col.Rugabisha umusirikare wo muri FARDC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2025
in Regional Politics
1
262
SHARES
6.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’urupfu rwa Col. Rugabisha umusirikare wo muri FARDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Colonel Alexis Rugabisha umusirikare wo muri Leta ya Kinshasa yaguye ku rugamba iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23 aho yapfiriye mu ntambara ziri kubera muri Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko amakuru abivuga.

Ahar’ejo tariki ya 31/01/2025, ni bwo uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel yarashwe, bikavugwa ko yarasiwe mu mirwano yarimo ibera Nyabibwe muri teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iyi mirwano yanasize uyu mutwe wa M23 wigaruriye uduce turimo Mukwindja, Kinyenzire na Luhwa.

Umutwe wa M23 winjiye muri Kivu y’Amajy’epfo, mbere y’uko ufata umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ninyuma y’aho wari wafashe i centre nini yo muri iyi teritware ya Kalehe ari yo Minova, ndetse kandi ukaba wari wanigaruriye ikibuga cy’indege cya Buragiza giherereye mu nkengero ziyi centre ya Minova.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko Rugabisha akimara kuraswa yahise asubizwa inyuma, aha yari ataravamo umwuka asubizwa i Bukavu akaba ari naho yarangirije. Usibye ko andi makuru avuga ko yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ahita arangiza, umubiri we ujanwa i Bukavu.

Rugabisha wapfuye yahoze ari soma mbike wa Lt Gen Pacifique Masunzu ukuriye zone ya gatatu y’ingabo za RDC. Kuri ubu uherereye i Bukavu aka ari nawe uri gupanga iyi mirwano ku ruhande rwa Fardc.

Kurundi ruhande imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta irakomeje aho uyu mutwe ukomeje kwerekeza i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: Col.RugabishaFardcyapfuye
Share105Tweet66Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mbeki w’Umunyafrika y’Epfo yavuze umuzi w’ikibazo cy’Abanyamulenge muri RDC n’uko cyakemuka.

Mbeki w'Umunyafrika y'Epfo yavuze umuzi w'ikibazo cy'Abanyamulenge muri RDC n'uko cyakemuka.

Comments 1

  1. Munyaburanga says:
    7 months ago

    Muzahindure apanaumutwe wa m23 ahubwo abasorebirwanaho

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?