• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyakurikiyeho nyuma y’aho umusirikare wa FARDC acikanye amafaranga yari guhemba abasirikare bayo.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2025
in Conflict & Security
0
Ibitero bikomeye byongeye kugabwa ku Banyamulenge mu Rurambo.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyakurikiyeho nyuma y’aho umusirikare wa FARDC acikanye amafaranga yari guhemba abasirikare bayo.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Ubuyobozi bwa gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bwa tangaje ko amafaranga yari aganewe kwishyura umushahara w’abasirikare muri iyi ntara yacikanwe n’umwe mubayobozi, Colonel Nkulu Kilenge Delphin.

Ni amakuru FARDC yashyize hanze ibinyujije mu itangazo ryashyizwe hanze rigenewe abanyamakuru ku munsi w’ejo ku cyumweru tariki ya 18/05/2025.

Ubu buyobozi bwa FARDC bwananditse ubundi butumwa bugenewe abayobozi b’imitwe itandukanye ya gisirikare ko hagize uwabona Colonel Nkulu Kilenge Delphin, guhita bamuta muri yombi bakanamushyikiriza ubushinjacyaha bukuru bwa gisirikare buri hafi.

Izo nyandiko zikomeza zinavuga ko gutoroka k’u musirikare mukuru byavumbuwe mbere yuko hatangira igikorwa cyo guhemba mu minsi mike ishize.

Nyuma yo gutoroka, bikanavugwa ko yahise yerekeza muri M23 nubwo uyu mutwe utarabyemeza.

Kimweho, uyu musirikare atorotse mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacika mu bice bimwe na bimwe byo muri Kivu y’Amajyepfo, hagati y’ingabo za Congo zifatanyije n’iz’u Burundi, FDLR na Wazalendo n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Umuvugizi w’ibikorwa bya sokola mu majy’epfo ya Kivu y’Amajyepfo yemeje aya makuru, ariko ntiyatangaho ibirambuye, ndetse kugeza ubu nta mubare wayo mafaranga uramenyekana, ariko bivugwa ko yari ayo guhemba abasirikare bose ba RDC baherereye muri teritware ya Uvira, Fizi, Mwenga na Walungu.

Ibi kandi bibaye nyuma y’aho ku wa gatatu w’iki cyumweru gishize, umugaba mukuru w’Ingabo za Congo yari yagiriye uruzinduko i Uvira. Ni uruzinduko rugaragaza ko yahageze ashimira abayobozi ba politiki ku rwego rw’i ntara n’abagisirikare uburyo bitwaye imbere ya M23 ubwo yabamburaga umujyi wa Bukavu, ngo kuko batemeye gushyira intwaro zabo hasi.

Abasirikare bari Uvira abenshi ni abahageze bahunze intambara zabereye i Goma n’i Bukavu.

Ibi byatumye abizeza kubahemba amafaranga y’umurengera no kubaha ibundi bikoresho byinshi bya gisirikare kugira ngo M23 itazabirukana no muri uyu mujyi bahungiyemo. Igitangaje amafaranga yarabohereje akimara kugera i Kinshasa barayacikanye!

Tags: FardcKivu yamajy'EpfoUmushahara
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Rwanda yerekanye inkingi zitatu Afrika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye.

Perezida w'u Rwanda yerekanye inkingi zitatu Afrika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?