• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
August 31, 2024
in Regional Politics
0
Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensk, yirukanye umugaba w’ingabo z’iki gihugu cye zirwanira mu kirere, Gen Nikolay Oleshchuk, nyuma y’impanuka y’indege y’intambara yo mu bwoko bwa F-16.

Amakuru yemeza ko iy’i ndege ya F-16 ikorwa n’uruganda Lockheed Martins rw’Abanyamerika yahanutse tariki ya 26/08/2024, ipfiramo umupilote wayitwaraga uzwi nka “Aleksey Moonfish Mes.” Gusa uburyo iyo ndege yahanutsemo ntibivugwaho rumwe, kuko amakuru yagiye avugwa ko yahanuwe n’ibitero by’ingabo za Barusiya abandi bakabivuga ukundi.

Ariko Igisirikare cya Ukraine ubwacyo cyatangaje ko iyi ndege yahanutse ubwo yari ivuye guhangana n’ibitero bya misile na drones by’ingabo z’u Burusiya, kandi ngo yahanuyemo misile zitatu na drone imwe, nk’uko byavuzwe n’igitangaza makuru cya BBC.

Ku rundi ruhande umwe mu badepite ba Ukraine, witwa Mariana Bezuglaya, we yemeje ko iyi ndege yahanuwe n’ingingo za Ukraine zikoresha imbunda ya “Patriot,” ubwo zari mu myitozo.

Amagambo ya depite mu nteko ishinga amategeko yababaje Gen Oleshchuk, ku munsi wejo hashize, aho yanahise amuteguza ko ashobora kugezwa mu rukiko, agasaba imbabazi ingabo za Ukraine ku bwo kuba igikoresho cyo gutesha agaciro ubuyobobozi bwazo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine, Gen Aleksandr Syrky, yatangaje ko umugaba w’ingabo zirwanirira mu kirere wagateganyo guhera ku munsi w’ejo hashize tariki ya 30/08/2024, ari Lt Gen Anatoly Krivonozhko.

                MCN.
Tags: F-16UkraineUmugaba w'ingaboYirukanyeZelenskyZirwanira mu kirere
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC hatanzwe ikamba rya ‘miss universe.”

Muri RDC hatanzwe ikamba rya 'miss universe."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?