Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 31, 2024
in Regional Politics
0
Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyatumye umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanirira mu kirere yirukanwa cyamenyekanye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelensk, yirukanye umugaba w’ingabo z’iki gihugu cye zirwanira mu kirere, Gen Nikolay Oleshchuk, nyuma y’impanuka y’indege y’intambara yo mu bwoko bwa F-16.

Amakuru yemeza ko iy’i ndege ya F-16 ikorwa n’uruganda Lockheed Martins rw’Abanyamerika yahanutse tariki ya 26/08/2024, ipfiramo umupilote wayitwaraga uzwi nka “Aleksey Moonfish Mes.” Gusa uburyo iyo ndege yahanutsemo ntibivugwaho rumwe, kuko amakuru yagiye avugwa ko yahanuwe n’ibitero by’ingabo za Barusiya abandi bakabivuga ukundi.

Ariko Igisirikare cya Ukraine ubwacyo cyatangaje ko iyi ndege yahanutse ubwo yari ivuye guhangana n’ibitero bya misile na drones by’ingabo z’u Burusiya, kandi ngo yahanuyemo misile zitatu na drone imwe, nk’uko byavuzwe n’igitangaza makuru cya BBC.

Ku rundi ruhande umwe mu badepite ba Ukraine, witwa Mariana Bezuglaya, we yemeje ko iyi ndege yahanuwe n’ingingo za Ukraine zikoresha imbunda ya “Patriot,” ubwo zari mu myitozo.

Amagambo ya depite mu nteko ishinga amategeko yababaje Gen Oleshchuk, ku munsi wejo hashize, aho yanahise amuteguza ko ashobora kugezwa mu rukiko, agasaba imbabazi ingabo za Ukraine ku bwo kuba igikoresho cyo gutesha agaciro ubuyobobozi bwazo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine, Gen Aleksandr Syrky, yatangaje ko umugaba w’ingabo zirwanirira mu kirere wagateganyo guhera ku munsi w’ejo hashize tariki ya 30/08/2024, ari Lt Gen Anatoly Krivonozhko.

                MCN.
Tags: F-16UkraineUmugaba w'ingaboYirukanyeZelenskyZirwanira mu kirere
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC hatanzwe ikamba rya ‘miss universe.”

Muri RDC hatanzwe ikamba rya 'miss universe."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?