Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Icyegeranyo ca World Justice Project, cyashize u Rwanda k’u mwanya wambere muri Afrika yomunsi y’ubutayu bwa Sahara naho Congo Kinshasa , iza k’umwanya wanyuma mw’Isi nomuri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I cyegeranyo ngaruka mwaka cy’ishirahamwe Mpuzamahanga rya “WORLD JUSTICE PROJECT,” rikorera mu bijanye n’uko ibihugu byubahiriza Amategeko, ryashize i Gihugu c’u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu 34 bigize agace ka Afrika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara, ni mu gihe i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo cyo caje ku mwanya wa nyuma ku rwego rw’Isi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Icyo cyegeranyo cya WORLD JUSTICE PROJECT, cyo muri uy’umwaka w’ 2023, kigaragaza ko i Gihugu c’u Rwanda kiza mu bihugu bya mbere aho ibipimo bibigaragaza.

Mu bihugu 144 WJP yakoreyemwo ubushakashatsi, ibigera kuri 59% byasanze harabayemo kugabanuka ugereranije n’u mwaka ushize w’ 2022. I byo bikaba byatumye mu bijanye n’iyubahirizwa ry’amategeko ku rwego rw’Isi u Rwanda ruza ku mwanya wa 41 mu bihugu 142 bakoreyemo ubwo bushakashatsi.

Mu gace ka Afrika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara, U Rwanda ruza ku mwanya wa mbere mu bihugu 34 biri muri aka gace, rugakurikirwa na Namibie hamwe na Maurice. Afrika y’Epfo ku rwego rw’Isi iza ku mwanya wa 56 mugihe murico gice ca Afrika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara kiza ku mwanya wa gatanu(5). Ethiopie nayo iza ku mwanya wa 30 naho Nigeria ikaza k’umwanya wa 33. Ibihugu biza k’umwanya wa nyuma muri ako gace ni: “Mauritanie, Cameroun hamwe na Republika ya Demokarasi ya Congo iri ku mwanya w’138 ku rwego rwo kw’Isi.”

Tubibutse ko icyegeranyo cya World justice Project gihora gikora urwo rutonde bagendeye ku kuntu inzego z’igihugu zishirwaho, kuba zidakoresha ruswa, umutekano n’ituze mu ba mubaturage.

By Bruce Bahanda.

Tags: Icyegeranyo cyayo cashize u Rwanda k'u mwanya wambere muri Afrika yomunsi y'ubutayu bwa SaharaNaho RDC iza k'umwanya wanyuma mw'Isi nomuri AfrikaWorld Justice Project
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo n'imbonerakure), bongeye kwisubiza uduce tubiri turi munkengero z'u Mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?