• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyihishe inyuma ya ESPN, yise perezida Paul Kagame w’u Rwanda umunyagitugu.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
Icyihishe inyuma ya ESPN, yise perezida Paul Kagame w’u Rwanda umunyagitugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyihishe inyuma ya ESPN, yise perezida Paul Kagame w’u Rwanda umunyagitugu.

You might also like

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

Mu minsi ishize u Rwanda rwagabweho ibitero by’amagambo binyuze mu itangazamakuru rya ESPN, ariko birangira u Rwanda rubipfubije.

Mu busanzwe ESPN ni icicyaro gikuru cy’ikinyamakuru gikomeye mu by’imikino, bivuze Entertainment and Sports Programming Network. Iki cyicyaro giherereye m’u Burasirazuba bushyira amajyepfo y’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu gace kitwa Connecticut.

Ahagana tariki ya 26/07/2024 nibwo itsinda ry’iki gitangaza makuru gikomeye ku isi ryari rimaze amezi icumi n’abiri rikora ikiganiro gicukumbuye cy’iminota 28:58, biza kurangira bagishize ku mugaragaro, aho cyari mu ijwi ry’umwe mu banyamakuru bacyo witwa Mark Fainaru-Wanda.

Ukurikiye neza iki kiganiro usanga kigabuyemo ibice bitandatu.

Mu gice cyaco cya mbere bashakaga guhangana n’amamiliyari y’amdolari u Rwanda ruhanganiyemo n’ibihugu bikomeye ku Isi, nka Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bushinwa Canada n’ibindi. Hakiyongeraho abashoramari nka Grant Henry Hill, Joakim Simon Noa, Forest Steven Whitaker aho ushyiziho n’uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Barack Hussein Obama, tudasize kandi ibigo bikomeye nka ESPN, Canal+ Afrique, Arryadia na Televisiyo Tunisienne byo n’ibindi byinshi ubu biri mu ntambara y’ubutita mu bukungu bushingiye ku kintu gikomeye.

Amagambo yari muri iki kiganiro, abagikoze bayise NBA Rwanda and Sportswashing. Ibi bikaba bisobanura ikintu kinini muri politiki kuburyo binacunzwe nabi byasenya byinshi.

Mu buryo bw’ubusobanuro bwa politiki, sportswashing bivuga gukoresha imikino mu nyungu za politiki. Mu 1993, kaminuza ya Manchester n’umwanditsi Lincoln Allison bakusanyije abashakashatsi hamwe, mu rwego rwo kugira ngo bagenzure ingeso abanyapolitiki bari bamaze igihe biharaje yo gukoresha imikino nk’igikoresho cyo kuyobya rubanda.

Abo bahanga baje gukora inyandiko bandika igitabo bacyita “The changing politics of sports (guhindura politiki ya siporo).”

Muri icyo gitabo bavuze ko abantu nka Adolph Hitler bahinduye imikino igikoresho cyo kuyobya rubanda, hagati mu 1936 ko kandi yakoresheje imbaraga zose atumira imikino ya Olympic iza kubera i Berlin mu Budage maze abanyaburayi bose bajyayo, ibyari imikino abihindura icengezamatwara n’iyamamaza myumvire y’ubunazi nu rwango ku bayahudi.

Rero, aba nabo bakoze iki kiganiro bashaka gusa n’abemeza ko u Rwanda n’ubuyobozi bwarwo ngo baba bari kugirana imikoranire na NBA kugira ngo bahindure imitekerereze y’abatuye ku si yose.

Banakusanyirije hamwe abatangabuhamya nka ba Madam Ingabire Victoire na Elizabeth Shackleford kuburyo bamaze umwaka wose begeranya amakuru. Icyo bashakaga nuko u Rwanda rutagomba gukomeza gukorana na NBA rwamamaza Visit Rwanda ndetse banasaba ko ishoramari ryaryo mu mikono iri kubyara inyungu ya Basketball African League/BAL, ryahagarara.

Ababicungira hafi nabo bemeza ko ibi byose birimo politiki iri kurwego ruhanitse abantu batigeze bamenya, hakaba harimo inyungu z’amafaranga akayabo ndetse n’ibindi byahishwe amaso y’abakomeye benshi.

Cyobikoze perezida Paul Kagame yaje kubitangaho igisubizo kigufi, aho yagize ati: “Ibi byose ni imigambi itagize icyo igeraho. Byabaye igihe kirekire cyane. Kandi bizakomeza! Baragayitse peee.”

Ndetse kandi na Yolande Makolo, umuvugizi w’u Rwanda, iki kiganiro kikimara gusohoka yakivuzeho, agira ati: “Rero, aba banenga ntabwo bagerageza gusa kutubuza inyungu z’ubukungu duterwa n’imikino mpuzamahanga, ahubwo banagerageza kugoreka imbaraga zacu zo kugera ku bumwe bw’imibereho.”

              MCN.
Tags: ESPNIbyihishe inyumaNBA
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatwitse imbunda nini y’Ingabo z’u Burundi (FDNB), ya koreshwa...

Read moreDetails

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi Amakuru aturuka mu kibaya cya Rusizi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeza ko Lieutenant-Colonel Athanase Minani, umwe mu...

Read moreDetails

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails
Next Post
I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?