• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

N’iki cyihishe muri Kibirizi ? ihuriro ry’Ingabo za RDC na ryo rya yivuyemo.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2024
in World News
0
N’iki cyihishe muri Kibirizi ? ihuriro ry’Ingabo za RDC na ryo rya yivuyemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Localité ya Kibirizi ho muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo rya yikuyemo risubira mu bice ryahozemo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni ahagana isaha z’u mugoroba ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zivanye muri centre ya Kibirizi ni mu gihe iryo ihuriro ry’Ingabo za RDC zari zayigezemo isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18/04/02024, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amakuru avuga ko M23 ari yo yabanje kwivana muri Kibirizi mbere, mu ijoro ryo ku wa Gatatu, aho bayivuyemo baja mu bice bya Bwalanda naho ho muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iminsi mirongwitatu irenga, ishize Centre ya Kibirizi yarigaruriwe n’igisirikare kiyobowe na General Sultan Makenga, nyuma y’urugamba rukaze rwabahanganishije n’abarwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, izi ngabo kwivana kwazo muri iyi centre ya Kibirizi ntacyo bigeze babivugaho. Gusa ubwo ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo bageraga i Kibirizi mu gitindo cy’ejo ku wa Kane, bahise batangaza ko bageze muri ibi bice nta rusasu ruvuze.

Nta kuri kuramenyekana ku mpamvu impande zose zivana muri iy’i Centre ya Kibirizi.

Amakuru avuga ko n’ingabo za RDC zayivanyemo ku mugoroba wajoro wo ku wa Kane, ariko kugeza ubu ntacyo barabivugaho.

Ku munsi w’ejo hashize umwe mu barwanyi ba M23 yahaye Minembwe Capital News ubutumwa bugufi akoresheje inyandiko, ni mu gihe yari abajijwe ko byoba ari ukuri M23 yivanye muri Kibirizi, yahise agira ati: “Muraza kumenyeshwa amakuru nyuma.”

Ku rundi ruhande ubu hari agahenge ntaho imirwano yigeze ivugwa mu bice byose biberamo mo imirwano kuva ku munsi w’ejo hashize.

Ariko bitandukanye n’iminsi ishize kuko hagiye haba intambara ninshi kandi mu bice bitandukanye.

           MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDC zayivanyemoKibirizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Imfu zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi mu mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imfu zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi mu mujyi wa Goma, uzwi nk'umurwa mukuru w'i Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?