• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, December 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 22, 2025
in Conflict & Security
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo amakuru avuga ku basirikare 3 bakuru ba FARDC bamaze igihe gito batawe muri yombi

You might also like

Ingabo z’u Burundi Zashimuse Abagore mu Misozi y’i Mulenge

AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

Amakuru ubutasi bw’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashyize hanze, agaragaza ko ba general batatu baheruka gutabwa muri yombi, bakurikiranyweho icyaha cyo gushaka guhirika perezida Felix Tshisekedi ku butegetsi, ko ari umugambi bari bafatanyije na Joseph Kabila wahoze ayoboye iki gihugu.

Mu kwezi kwa munani uyu mwaka, ni bwo aba basirikare bakuru mu ngabo za RDC batawe muri yombi.

Abo barimo Gen. Christian Tshiwewe Songesa wahoze ari umugaba mukuru w’Ingabo za FARDC, Lt.Gen. Farank Ntumba wahoze akuriye ibikorwa bya gisirikare mu biro bya perezida Felix Tshisekedi na Brigadier General Katende Batubadila.

Ndetse kandi icyo gihe hanatawe muri yombi Major Gen Christian Ndaywel, wahoze ari umuyobozi w’urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare ndetse n’umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka.

Amakuru aheruka gushyirwa hanze n’ubutasi bw’igisirikare cya RDC, agaragaza ko bariya basirikare batatu bashakaga guhirika perezida Felix Tshisekedi ku butegetsi.

Ubutasi bugasobanura ko ari yo mpamvu ubuyobozi bw’umutwe w’ingabo zirinda umukuru w’igihugu bwabambuye abasirikare bari bashinzwe kubarindira umutekano, bubohereza ku cyicaro gikuru cy’ingabo za RDC.

Ntabyinshi aya makuru y’ubutasi yavuze kuri iyi nkuru, gusa amakuru yo ku ruhande avuga ko bariya basirikare batatu bavuganaga na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu Imyaka 18, kandi ko bavuganaga ibyo kwiyonkora ku butegetsi bw’i Kinshasa bakarema umutwe mushya ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bw’iki gihugu.

Tags: Batawe muri yombiFardcGuhirika Tshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi Zashimuse Abagore mu Misozi y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

Ingabo z’u Burundi Zashimuse Abagore mu Misozi y'i Mulenge Amakuru aturuka mu misozi y'i Mulenge, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira

AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwigaragaza nk’ufite imbaraga zidasanzwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho...

Read moreDetails

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y'i Mulenge Kajugujugu y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yaguye mu Kiyaga cya...

Read moreDetails

Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

Imvururu mu Misozi y'i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati Amakuru aturuka mu misozi miremire y'i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aremeza ko...

Read moreDetails

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w'Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 06/12/2025, umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) urwanya ubutegetsi bwa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Amajyepfo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?