• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2025
in Conflict & Security
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Colonel Macunda Mutebutsi ukuriye Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Cyohagati, yahamagajwe igitaraganya i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo ku ruhande rwa Leta ya perezida Felix Tshisekedi.

Ni kuri uyu wa gatanu tariki ya 4/07/2025, Col.Macunda yahamagajwe i Uvira.

Ubutumwa Minembwe Capital News ikesha umwe mu basirikare ba FARDC uherereye muri ibyo bice byo mu Cyohagati bugira buti: “Col.Macunda wari ukuriye abasirikare ba Leta mu Cyohagati yamanutse i Uvira. Uburyo yamanutsemo ntiturabasha kugenzura ikibyihishe inyuma.”

Bukomeza bugira buti: “Ashobora kuba ari we ugiye koherezwa kwa Mulima kuyobora ibitero biteganywa kugabwa mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe. Ariko kandi turategekereza ko yaba agiye gufungwa, nubwo ntacyaha tuzi azira.”

Aha mu Cyohagati havugwa ko Col. Macunda ayoboye, ni agace gaherereye hagati ya Bijombo na Mikenke, yagahawe kukayobora nyuma y’uko yaravuye ku wu Mugethi aho naho yayoboye igihe kirekire batayo y’izi ngabo za Congo.

Nyuma yo kuva ku wu Mugethi mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri, amakuru avuga ko FARDC n’Ingabo z’u Burundi zihagenzura zibasiriye Abanyamulenge mu buryo budasanzwe, kuko zahise zitangira no kubica harimo umugabo ziciye mu Mitamba, Gatanga n’ahandi.

Mu gihe byaba ari ukuri Macunda akaba ari we ugiye koherezwa kwa Mulima kuyobora biriya bitero, icyo gihe byagaragaza ko abasirikare ba FARDC ba Banyamulenge ari bo bagiye gushyirwa imbere mu kurwanya benewabo.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo, byavuzwe kandi ko Brig.Gen. Olivier Gasita ko ari we ugiye kuzamukana igitero mu Rugezi akivanye i Kirembwe, nubwo kugeza ubu akiri i Kindu mu ntara ya Manyema, ariko bivugwa ko ari mu myiteguro.

Aba basirikare ba Banyamulenge bari muri Leta ya RDC bakora ibishoboka byose kugira ngo babe abizerwa kwa Tshisekedi, mu rwego rwo kugira ngo ntibicwe, ubundi kandi hakaba ubwo banabikora kugira ngo bahabwe agatubutse.

Ikindi cyavuzwe kuri Col.Macunda ni uko mu kumanuka i Uvira yajanye umu-esikoti umwe, mu gihe yarasanzwe aherekezwa n’abagera kuri bane, ndetse hakaba ubwo abarenza.

Tags: Col.macundaKwa MulimaUvira
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa," Perezida Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?