• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, February 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo m23 yavuze ku makuru avuga ko yavuye muri Walikale.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yatangaje ibindi bishya bishobora gutuma intambara ikomeza mu gihe hari icyizere cy’uko irangira.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo m23 yavuze ku makuru avuga ko yavuye muri Walikale.

You might also like

AFC/M23 Yatangaje ko Itazi Iby’Agahenge Katangajwe na Angola

AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC

MRDP–Twirwaneho Yakubitaguriye Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Duce Tubiri tw’i Mulenge

Umutwe wa m23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ukaba urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watangaje ko wakuye abarwanyi bawo muri Centre ya Walikale no mu nkengero zayo, ariko ugaragaza ko igihe Fardc n’abambari bayo bobangamira abaturage wahita uwugaruramo bariya barwanyi bawo.

Ni itangazo uyu mutwe washyinze hanze ku mugoroba w’ejo ku wa gatatu tariki ya 03/04/2025, aho ryemeza amakuru yiriwe atangazwa ejo yavugaga ko aba barwanyi bavuye i Walikale.

Ni amakuru yavugaga ko aba barwanyi bavuye i Walikale mu byiciro bibiri, aho ngo iciciro cya mbere cyahavuye ku mugoroba wo hirya y’ejo, mu gihe ikindi yavugaga ko cyahavuye ku wa gatatu.

Itangazo uyu mutwe washinze hanze rigaragaza ko wakuye abarwanyi bawo muri Walikale kumpamvu zo kubahiriza agahenge katangajwe tariki ya 18/02/2025 no gushyigikira inzira z’amahoro zigamije ibiganiro bya politiki mu gushaka igisubizo kirambye cy’amahoro mu Burasizuba bwa Congo.

Iri tangazo rikomeza rivuga ko uyu mutwe wa m23 uhamagariye abaturage b’i Walikale n’abayobozi b’inzego zibanze babo, gushyira ingamba zigamije kurindira umutekano abasivili babo n’ibyabo.

M23 yashimangiye kandi ko ikomeje gutsimbarara ku murongo wayo wo gushaka igisubizo kirambye binyuze mu nzira z’ibiganiro , ndetse kandi ko uhagaze ku ntego zayo zogushakira abaturage amahoro mu bice ugenzura.

Itangazo ry’uyu mutwe kandi rikagaragaza ko mu gihe Ingabo za Congo n’abafatanyabikorwa bazo bobangamira abaturage mu bice byabohowe ako kanya bahita basubiza mu kurengera abaturage.

Iki cyemezo cyo kuvana abarwanyi bawo muri Walikale uyu mutwe wa m23 wagifashe nyuma y’ibiganiro byahuje Perezida Paul Kagame na Felix Tshisekedi i Doha muri Qatar, bityo uvuga ko kiriya cyemezo kiva mu nama bagiriwe n’aba bakuru bibihugu.

Bavuye i Walikale mu gihe kandi habura iminsi mike ngo ibiganiro by’imishikirano hagati y’uyu mutwe na Leta y’i Kinshasa bibe. N’ibiganiro bivugwa ko bizabera i Doha muri Qatar, bikazaba tariki ya 09/04/2025.

Tags: M23Walikale
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yatangaje ko Itazi Iby’Agahenge Katangajwe na Angola

by Bahanda Bruce
February 15, 2026
0
AFC/M23 Yatangaje ko Itazi Iby’Agahenge Katangajwe na Angola

AFC/M23 Yatangaje ko Itazi Iby’Agahenge Katangajwe na Angola Ihuriro rya politiki n’igisirikare rya AFC/M23 ryatangaje ko ritigeze rimenyeshwa ku mugaragaro iby’agahenge kasabwe na Angola, rishimangira ko ku ruhande...

Read moreDetails

AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Igiye Kugira Abayihagarariye mu Kanama Gashinzwe Igenzura ry’Agahenge mu Burasirazuba bwa RDC Uko bwije n’uko bukeye, umutwe urwanya Leta ya Congo-Kinshasa wa AFC/M23 uragenda uzamura urwego rwawo...

Read moreDetails

MRDP–Twirwaneho Yakubitaguriye Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Duce Tubiri tw’i Mulenge

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Inzara Iravuza Ubuhuha mu Basirikare b’u Burundi Bari muri RDC

MRDP–Twirwaneho Yakubitaguriye Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Duce Tubiri tw’i Mulenge Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC

Abanyamulenge Bareze Leta y’u Burundi mu Rukiko rwa EAC Imiryango ibiri ihagarariye Abanyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yajyanye Leta y’u...

Read moreDetails

RDC: Impaka, Ibyahishuwe n’Inzira y’Ubwigenge bw’Umutekano mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
February 14, 2026
0
RDC: Impaka, Ibyahishuwe n’Inzira y’Ubwigenge bw’Umutekano mu Burasirazuba

RDC: Impaka, Ibyahishuwe n’Inzira y’Ubwigenge bw’Umutekano mu Burasirazuba Icyemezo cy’Inama y’Umutekano ya Loni cyafashwe tariki ya 19/12/2025 cyongereye manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
M23 Confirmed  withdraw of their forces from the seized town of Walikale in support of peace efforts.

M23 Confirmed withdraw of their forces from the seized town of Walikale in support of peace efforts.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?