• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo m23 yavuze ku makuru avuga ko yavuye muri Walikale.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
M23 yatangaje ibindi bishya bishobora gutuma intambara ikomeza mu gihe hari icyizere cy’uko irangira.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo m23 yavuze ku makuru avuga ko yavuye muri Walikale.

You might also like

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Umutwe wa m23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ukaba urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watangaje ko wakuye abarwanyi bawo muri Centre ya Walikale no mu nkengero zayo, ariko ugaragaza ko igihe Fardc n’abambari bayo bobangamira abaturage wahita uwugaruramo bariya barwanyi bawo.

Ni itangazo uyu mutwe washyinze hanze ku mugoroba w’ejo ku wa gatatu tariki ya 03/04/2025, aho ryemeza amakuru yiriwe atangazwa ejo yavugaga ko aba barwanyi bavuye i Walikale.

Ni amakuru yavugaga ko aba barwanyi bavuye i Walikale mu byiciro bibiri, aho ngo iciciro cya mbere cyahavuye ku mugoroba wo hirya y’ejo, mu gihe ikindi yavugaga ko cyahavuye ku wa gatatu.

Itangazo uyu mutwe washinze hanze rigaragaza ko wakuye abarwanyi bawo muri Walikale kumpamvu zo kubahiriza agahenge katangajwe tariki ya 18/02/2025 no gushyigikira inzira z’amahoro zigamije ibiganiro bya politiki mu gushaka igisubizo kirambye cy’amahoro mu Burasizuba bwa Congo.

Iri tangazo rikomeza rivuga ko uyu mutwe wa m23 uhamagariye abaturage b’i Walikale n’abayobozi b’inzego zibanze babo, gushyira ingamba zigamije kurindira umutekano abasivili babo n’ibyabo.

M23 yashimangiye kandi ko ikomeje gutsimbarara ku murongo wayo wo gushaka igisubizo kirambye binyuze mu nzira z’ibiganiro , ndetse kandi ko uhagaze ku ntego zayo zogushakira abaturage amahoro mu bice ugenzura.

Itangazo ry’uyu mutwe kandi rikagaragaza ko mu gihe Ingabo za Congo n’abafatanyabikorwa bazo bobangamira abaturage mu bice byabohowe ako kanya bahita basubiza mu kurengera abaturage.

Iki cyemezo cyo kuvana abarwanyi bawo muri Walikale uyu mutwe wa m23 wagifashe nyuma y’ibiganiro byahuje Perezida Paul Kagame na Felix Tshisekedi i Doha muri Qatar, bityo uvuga ko kiriya cyemezo kiva mu nama bagiriwe n’aba bakuru bibihugu.

Bavuye i Walikale mu gihe kandi habura iminsi mike ngo ibiganiro by’imishikirano hagati y’uyu mutwe na Leta y’i Kinshasa bibe. N’ibiganiro bivugwa ko bizabera i Doha muri Qatar, bikazaba tariki ya 09/04/2025.

Tags: M23Walikale
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Imyigaragambyo iri kubera Uvira imaze kugwamo ababarirwa muri 5 abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye Abantu batanu ni bo bamaze kumenyekana baguye mu myigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu mujyi...

Read moreDetails

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira Mu gihe igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira cyari cyatanze itegeko ryo kurasa abigaragambya...

Read moreDetails

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira Abazindukiye mu myigaragambyo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwamagana Brigadier General Olivier Gasita, igeze hafi naho igambiriye...

Read moreDetails

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y'ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo babwiye Meya w'uyu mujyi akababaro kabo...

Read moreDetails
Next Post
M23 Confirmed  withdraw of their forces from the seized town of Walikale in support of peace efforts.

M23 Confirmed withdraw of their forces from the seized town of Walikale in support of peace efforts.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?