• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icyo m23 yavuze kuri Kinshasa yemeye kuyamanika, ikemera ko baganira.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Icyo m23 yavuze kuri Kinshasa yemeye kuyamanika, ikemera ko baganira.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo m23 yavuze kuri Kinshasa yemeye kuyamanika, ikemera ko baganira.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, uwakunze kugaragaza ko ibiganiro ari yo nzira yonyine izageza iki gihugu ku mahoro arambye, ariko guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo igakomeza kwinangira, nyuma ikaza kuva ku izima, wavuze ko wo wabiharaniye kuva kera, kandi ko uruhiye kumbyumvisa perezida Felix Tshisekedi ku mbaraga.

Mu minsi ibiri ishyize, perezidansi ya Angola isanzwe ari umuhuza mu gushaka amahoro arambye mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko perezida w’iki gihugu, Joao Lourenco, azatangiza ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa.

Ariko bikaba bizwi ko perezida Felix Tshisekedi wa Congo yari yarabanje kuvuga ko Leta ye idateze kujya mu biganiro biyihuza n’umutwe wa m23 uwo bahanganye mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Nyuma yuko Angola itangaje ko Kinshasa yemeye kuganira n’uyu mutwe, umuyobozi wawo, Bertrand Bisimwa yahise avuga ko ibi babivuze kenshi, ariko ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwabiteraga utwatsi.

Yagize ati: “Twiyemeje gutsinda inzira za gisirikare za Tshisekedi, no kumuzana ku bushake cyangwa ku mbaraga kumeza y’ibiganiro, ari na yo nzira yonyine ya gisivili ishobora gushyira ku murongo ibibazo bimaze imyaka myinshi muri iki gihugu.”

Ni mu gihe kandi n’umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Tina Salama, nawe mu butumwa yanditse kuri x nyuma y’aho Angola yari imaze gutangaza ibi biganiro, yagize ati: “Twamenye kandi dutegereje kureba ishyirwa mu bikorwa ry’uru rugendo rw’ubuhuza bwa Angola.”

Abakuru b’ibihugu binyuranye barimo abo mu karere DRC n’u Rwanda biherereyemo, ndetse n’imiryango mpuzamahanga, abo bakunze kuvuga ko ntayindi nzira yatanga igisubizo ku bibazo bimaze igihe mu Burasizuba bwa Congo, atari ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa.

Umutwe wa m23 ugizwe n’abanye-kongo baharanira uburenganzira bwokubaho kwabo, kuko bicwa umunsi ku wundi, kandi bakicwa n’ubutegetsi bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bufatanyije n’imitwe irimo FDLR irimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda na Wazalendo n’ingabo z’u Burundi.

Uyu mutwe wakunze kugaragariza Leta y’iki gihugu ko utazigera urambika intwaro hasi, igihe iyi Leta itaremera ko baganira, cyangwa ngo yemere ibyo uyisaba.

Tags: ibiganiroKinshasaM23
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.

Iby'igitero Abanyamulenge bagabweho n'uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?