• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Icyo perezida wa Mutualite yavuze kubagoreka amateka y’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2025
in sport & entertainment
0
Icyo perezida wa Mutualite yavuze kubagoreka amateka y’Abanyamulenge.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo perezida wa Mutualite yavuze kubagoreka amateka y’Abanyamulenge.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Perezida wa Mutualite y’Abanyamulenge i Nakivale muri Uganda, John Musore, yasabye Abanyamulenge aho bari hose ku isi kudatinda ku bagoreka amateka y’ubwoko bwabo n’aya General Rukunda Michel uzwi cyane nka Makanika, hubwo ko bakwiye gufata abayogoreka “nk’amagi y’amahuri.”

Ni ijambo yavuze kuri uyu wa gatandatu tariki ya 29/03/2025, ubwo Abanyamulenge bari mu muhango wo kw’ibuka Intwari y’Abanyamulenge General Rukunda Michel wari umuyobozi wa Twirwaneho wishwe n’ibitero bya drone by’Ingabo za RDC mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Uyu muhango witabiriwe n’Abanyamulenge baturutse hirya no hino muri iki gihugu cya Uganda, Abanyamasisi bo muri Kivu y’Amajyaruguru, ndetse kandi wari witabiriwe n’Abenegihugu bo muri Uganda cyane cyane abarimo Abanyankore.

Ubwo perezida wa Mutualite Musore yahabwaga ijambo muri uyu muhango, ari na bwo yahise awusoza yasabye Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange kudaha agaciro abantu bagoreka amateka y’ubwoko bwabo n’aya General Rukunda Michel.

Yagize ati: “Hari icyo mbasaba, ntimugatinde ku bagoreka amateka y’ubwoko bwabo n’aya General Rukunda Michel. Buriya iyo inkoko yawe iteye amagi, muri y’amagi, amwe aba amahuri ayandi akaba mazima.”

Musore yagaragaje ko ari ya magi mazima azavamo inkoko zorogwa, naho amahuri akajugunywa ku icukiro, bityo ashimangira ko amagi mazima ari Abanyamulenge bagihagaze mu murongo w’ukuri naho amahuri akaba ari Abanyamulenge bayobye cyangwa bagenze ukundi.

Ati: “Abanyamulenge bazima barahari ni ari ya magi azavamo inkoko zorogwa, naho bariya bayobye namwe murabyumva ni amahuri. Ni mubima amatwi bazagera aho bamenye ko bajugunywe ku icukiro.”

I Nakivale muri Uganda hari za Mutualite zibiri, imwe ni yo iyobowe na John Musore igizwe n’Umuryango w’Abanyabyinshi, Abasinzira, Abasama, Abadinzi, Abitira, Abasegege, Abatwari, Abahiga n’igice kimwe cy’Abasita.

Naho Innocent Mukiza, akaba nawe ayoboye indi igizwe n’Umuryango w’Abagorora, igice kimwe cy’Abasita, Abahondogo, Abasinga, Abahima, Abazigaba n’abandi.

Gusa, uyu munsi izi Mutualite zakoze akarusho zitegurira hamwe umuhango wo kw’ibuka Gen Rukunda intwari ikomeye mu Banyamulenge, mu gihe zitari zisanzwe zicyana uwaka. Ibyafashwe nk’intambwe ikomeye mu bwiyunge.

Tags: AbanyamulengeAmahuriubwoko
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku irasana ryabaye hagati y’abasirikare  n’abapolisi i Kinshasa.

Impinduka zabaye mu mihembere y'abasirikare ba RDC yatumye bamwenyura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?