Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Icyo Umusesenguzi avuga ku rukundo Abanyamulenge basigaranye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 26, 2025
in History
0
Icyo Umusesenguzi avuga ku rukundo Abanyamulenge basigaranye.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Umusesenguzi avuga ku rukundo Abanyamulenge basigaranye.

You might also like

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

Umukozi w’Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde?

Bidasubirwaho amasengesho y’abanyeshuri bo mu Bibogobogo arashubijwe.

Umusesenguzi avuga ko Urukundo Abanyamulenge bagiraga rwariyongereye ruva k’urugero rw’urukundo rwa kivandimwe, kuri ubu bakaba bageze k’urugero rw’urukundo rw’lmana .

Ntese gute?

Yavuze ko kera kose uwabaga ashonje mu Banyamulenge ku mufungurira byarihutirwaga kubera ko byakorwaga nk’umuhango, ngo kuko icyo gihe ntacyo ngo bari babuze bari batunze byinshi; inka zarabyaraga, imirima yareraga kandi ntibororeraga kugurisha ahubwo ubworozi bwabo bwateguriraga umwana uzabavukamo, kugeza ku buvivi. Ari nayompanvu uwo bagiriraga neza basaga naho ineza bamugiriye arisanzwe kuko kugira neza kwabo kwari nk’umuco.

Nubwo uyu muco usa n’ukomoka kure mbese ku bisekuruza byabo, ariko uwurebeye mu yandi moko yaba ayo bari baturanye ndetse ukambuka n’imbibe (mu Burundi no mu Rwanda) nta bandi wa wusanganaga.

Uyu munsi rero Inka zari ubutegetsi bwabo bifashishaga mu gutegura ejo habo heza, no kugira neza, zarashize, kuko Leta y’i Kinshasa yarazinyaze ibinyujije kuri Mai Mai, imirima ndetse no kutaba mu gihugu kubera ingaruka z’intambara, nta kindi bishingikirizaho kugira bagaragaze ibyo bakoraga byo kugira neza, n’iyo mpamvu ubu twavuga ngo ubu muri bo abakibigerageza bagize urukundo rw’lmana. Imiryango yabo Banyamulenge ku bwinshi ituye mu mijyi(ville), kandi nta kindi kiyibeshejeho n’ugukundana kubabamo.

Umukire wo muri bo hari ubwo usanga atunze umukene wo mu muryango atavukamo (akishurira abana atazi ishuri, akabahahira cyangwa aka mw’ishurira inzu).

Uyu musesenguzi ariko wiyise “nyanaka,” kuko yanze ko amazina ye aja hanze, yavuze ko kuri we abona ko urwandiko rw’Abakorinto ba mbere 1:26-27, ari Abanyamulenge Paul yavugaga.

Ntese gute? Kuko aho handitse ngo “Ndasaba benewacu (Abanyamulenge) kuzirikana guhamagarwa kwabo yuko ab’ubwenge bahamagawe ataribenshi, n’impfura z’iyisi zahamagawe atarinyinshi, ahubwo lmana yatoranije abaswa bomw’isi (ntibari barize mbese abize bo muribo baribake, ntibari bazi gutura mu mazu y’amagorofa ndetse no kugendera mu miduga no kuyitwara; byarigishitsi kuribo) kugirango ikoze isoni abanyabwenge, kandi yatoranyije ibinyantegenke byo mw’lsi. lmana yabikoze kugirango ikoze isoni ibinyembaraga.

Rero kubwe, akavuga ko yibaza ko harabatekereza ko urukundo muribo rwamazwe ahari na politiki bivanzemo, ariko nyamara ngo nubwo ibyo bitaribimenyerewe bikaba biriho kuri none, ngo nti birigera bibasha gukuraho urukundo rwabo, gusa ahamya ko bizabasaba kongera kwigisha abantu kumenya uko bitwara mu bihe bagezemo.

Umusesenguzi avuga ko no mu butayu usomye amakuru y’ Abisirayeri usanga nabo baritotombye bituma abakuze bo muribo batagera mu gihugu cy’isezerano, ariko kubera ko urubyiruko rutari murayomanyanga lmana yaruhurukije muri icyo gihugu cy’amasezerano.

Bivuze ko ingorane ku Banyamulenge nuko urubyiruko ruri kwitwara nabi muri iki gihe, mbese bagashaka gushigikira inzira yo kwirema ibice, aho umusore yita mu genzi we umwanzi n’andi mazina atandukanye.

Ibi nu buyobe bufitwe n’abantu bake ariko abandi mwirinde murangwe n’umuco w’abasogokuruza bakera.
Umunyamulenge n’umwe kandi azahora arumwe.

Abari mu bihugu byo hanze yu mugabane wa Afrika, muzagume mutangaze abo bazungu ku muco w’ubumwe no gufashanya. Abakiri muri Afrika namwe mukomerezeho.

Abakuru barayamaze ngo “uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera.”

Tags: AbanyamulengeImanaUrukundo
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe. General Sikatende Dieudonne wari uzwi cyane ku izina rya Mutupeke munyeshyamba za Mai Mai i Lulenge muri teritware ya Fizi mu...

Read moreDetails

Umukozi w’Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Umukozi w’Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde?

Umukozi w'Imana Rutayisire wagize uruhare runini mu guhuza Abanyarwanda ni nde? Pasiteri Antoine Rutayisire ni umwe mu bakozi b'Imana bamenyekanye cyane mu Rwanda no mu karere, azwi cyane...

Read moreDetails

Bidasubirwaho amasengesho y’abanyeshuri bo mu Bibogobogo arashubijwe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

Bidasubirwaho amasengesho y'abanyeshuri bo mu Bibogobogo arasubijwe. Abanya-Bibogobogo, yaba abanyeshuri n'ababyeyi babo, barahimbaza Imana nyuma y'uko inspecteur w'amashuri amaze kugeza ibizamini bizwi nka dissertation mu Bibogobogo, by'abanyeshuri bo...

Read moreDetails

Ya nkumi ibyayigaragayeho biteye inkenke, kubabibonye.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

Ya nkumi ibyayigaragayeho biteye inkenke, kubabibonye. Nyamanoro uheruka kubabarirwa nyuma yogutabwa muri yombi, aho yashinjwaga gushaka kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu Minembwe, yongeye kugaragara yitwaje Motorola kandi...

Read moreDetails

Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu.

Mu Bibogobogo bongeye kugarurirwa icyizere ko abanyeshuri baho bashobora gukora dissertation, menya impamvu. Abanyeshuri bo mu Bibogobogo bo mu mwaka wa 6 w'amashuri yisumbuye, bagaruriwe icyizere cyo kuba...

Read moreDetails
Next Post
Izo kwa Tshisekedi zirutse umutuno zita ibirindiro byabo, M23 irabifata.

FARDC, FDLR, Ingabo z'u Burundi na Wazalendo, bahuye n'agasenyguro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?