• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo.

minebwenews by minebwenews
August 26, 2025
in Conflict & Security
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Umwe mu baturage uherereye muri Uvira aho Wazalendo bakokomeje gukorera ubugome ndengakamere ku baturage baho cyane cyane ku Banyamulenge, yabagereranyije n’Interahamwe zakoze jenocide mu Rwanda mu 1994, ziyikorera Abatutsi.

Uyu muturage yavuze ko Interahamwe ryari izina ryiza mbere ya 1994, ariko ngo nyuma ya jenocide yakorewe Abatutsi rihinduka igitutsi kibi cyane. Anagaragaza ko ari nabyo biri kuba kuri Wazalendo bo muri RDC.

Yagize ati: “Uzukuntu ijambo Interahamwe ryari ryiza mbere ya 1994. Ariko ubu no kurivuga mukanwa uzawumva arikintu kibi kubera ibyo zakoze mu Rwanda muri uwo mwaka.”

Yongeyeho ati: “Ubu ryabaye igitutsi, uwo bise Interahamwe abari umwicanyi mubi kurushaho.”

Avuga ko Wazalendo n’abo bizagera aho uzajyu ryitwa azajya hungira kure, kuko rizaba ari igitutsi kibi muri RDC.

Ati: “Hazagera igihe uwuzajyushaka gutuka, uzajyumutuka uti: ‘Muzalendo.’ Nta muntu uzaba agishaka kubyumva, kubera ibikorwa byabo bibi bakomeje kwerekana mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.”

Ibi yabivuze nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 25/08/2025, Wazalendo bateje urusaku rwinshi mu mujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Byari ubwo Abanyamulenge bashakaga gushyingura Colonel Gisore Patrick uheruka kugwa mu mpanuka y’indege yagisivili yavaga i Lubutu yerekeza i Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Bamwe muri aba Banyamulenge bari baturutse i Luvungi mu Kibaya cya Rusizi abandi i Bujumbura mu Burundi.

Baje kwimirwa na Wazalendo, bakababwira ko nta Munyamulenge ukwiye gushyingurwa ku butaka bwa RDC, ngo kuko ari Abanyarwanda.

Amakuru akomeza avuga ko bamwe muri bo babanyaze amatelefone, amafaranga n’imodoka zabo bari batwaye.

Hakurikiyeho kurasa kwinshi, aho Wazalendo barimo barasira mu bice byinshi bitandukanye byo muri uyu mujyi wa Uvira.

Gusa, abagiye bafatwa baje kongera bararekurwa, ariko mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 26/08/2025, uwitwa General Kasimbila John komanda wo muri Wazalendo yazindutse atanga ubutumwa bw’amajwi, akangurira abarwanyi be aho bari hose kwitegura bakica abo yise Abanyarwanda, aho abashaka kuvuga Abanyamulenge.

Yagize ati: “Ndashaka kubabwira ko dufite abanzi benshi muri Uvira. Komanda secteur wa FARDC, Chef wa ANR, Chef wa DGM ndetse na Komanda region bose ni abatwinjiiriza umwanzi hano, kandi umwanzi muramuzi nta wundi ni Umunyarwanda.”

Yavuze ko we n’abarwanyi be bagiye kuzenguruka ahari umwanzi hose, maze ngo bagakora ibyo yise “kufyeka adui wa Congo.” Ugenekereje mu kinyamulenge ni ukumaraho umwanzi wa Congo.

Ubugizi bwa nabi bukorwa na Wazalendo haba i Uvira, n’ahandi hose bakorera nko mu misozi yayo no muri Fizi na Mwenga, bugeze kurundi rwego rwo hejuru.

Abenshi muri aba baturage baturiye ibyo bice, barabinubira, bityo bagasaba umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho kuza kuhigarurira, kuko aho iyo mitwe yigaruriyeho hari amahoro, kandi abaturage babirimo barishyira bakizana.

Tags: InterahamweUviraWazalendo
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?