• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry’ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Conflict & Security
0
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry’ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Amakuru aturuka i Baraka muri teritware ya Fizi, yemeza ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo ko zenda kugaba ibitero mu bice bya Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni amakuru akubiye mu ibaruwa ikomeje gucicibikana ku mbugankoranyambaga, aho igaragaza ko ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 12/05/2025 i Baraka muri teritware ya Fizi habareye i nama ya Wazalendo, FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi.

Iyi baruwa ikagaragaza ko yabereye neza kuri Hotel ya Kashamata iherereye mu mujyi wa Baraka.

Ikanahamya ko icyari kigenderewe muri iyo ko kwari ukurebera hamwe icyo uruhande rwa Leta rwakora kugira ngo rwisubize igice cya Minembwe kuri ubu kigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ni baruwa ikomeza ivuga ko i Kalemi mu ntara ya Tanganyika, FARDC iriyo yohereje amatsinda abiri y’Ingabo arimo abasirikare 30 ba sniper ari bo ba mudahusha n’abandi basirikare basanzwe gufasha kugaba ibyo bitero mu Minembwe.

Ivuga kandi ko aba basirikare bavuye i Kalemi, n’abandi bazava i Uvira na Baraka ko bazazamuka mu misozi bagafatanya n’inyeshyamba za Wazalendo, ziyobowe na Ngomanzito, Nguvu za Milima, Zalambuka na Kakobanyi gutera mu bice bya Minembwe.

Ibyo bitero ihuriro ry’ingabo za Congo, ngo zizabigaba mu duce twa Rugezi, Point Zero na Mikenke.

Ibi byatumye tubaza umwe mu barwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho icyo babivugaho, asubiza ko n’abo bari kubyumva. Ariko ko ntacyo ababitegura bazageraho, ngo kuko Twirwaneho na M23 ari abasirikare batojwe kandi bazi icyo gukora.

Ati: “Ni amakuru twatangiye kumva ejo bundi ku cyumweru iyo nama itarakorwa. Kuko ibyombo bya Mai Mai turabimotaringa, ayo makura barayigamba.”

Yongeyeho ati: “Ku byombo byabo bavuga ko bazatera Rugezi, Mukoko na Mikenke. Ariko bazakubitwa nabi. Twirwaneho na M23 bifite igisirikare kizi icyo gukora.”

Kuva intambara yubura mu misozi miremire y’i Mulenge ahagana mu mpera z’umwaka wa 2017, hagati ya Twirwaneho na Mai Mai yarishigikiwe n’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) rwihishwa, nyuma zirabyerura, ntaho Twirwaneho irarwana ngwineshwe hubwo ihora yirukana uru ruhande bahanganye. Ndetse aho n’izi ngabo za FARDC zibyeruriye uyu mutwe wahise uzirukana mu Minembwe na Mikenke urahafata mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2025.

Iyi mitwe yombi uwa M23 n’uwa Twirwaneho bigenzura hafi igice cyose kigize komine ya Minembwe ihera ku ishyamba rya Sara imbere ya Kabanju buke, ukagera mu Cyohagati. Kuko bari Rugezi, Minembwe, Mikenke na Kamombo.

Hejuru y’ibyo, aho iyi mitwe yombi igenzura harangwa amahoro n’ituze haba ku baturage n’inyamanswa bitandukanye n’ibice bigenzurwa n’ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo, kuko byo bihoramo imivurungano, aho n’i Fizi ku i zone, Baraka, Bibogobogo, Bijombo n’umujyi wa Uvira.

Tags: IbiteroImipangoTwirwaneho
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Ibyo wa menya kuri perezida Ibrahim Traoré ukunzwe cyane muri Afrika no ku Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?