• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Icyo wa menya ku gitabo cy’amateka y’Abanyamulenge cyanditswe na George.

minebwenews by minebwenews
August 17, 2025
in sport & entertainment
0
Icyo wa menya ku gitabo cy’amateka y’Abanyamulenge cyanditswe na George.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo wa menya ku gitabo cy’amateka y’Abanyamulenge cyanditswe na George.

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Ruberwa George yanditse igitabo yise amateka y’Abanyamulenge, kikaba gikubiyemo ibyo bahuye nabyo guhera mu mwaka wa 1576 kugeza muri uyu mwaka wa 2025.

Mu minsi mike ishize nibwo iki gitabo bwana Ruberwa George yagishyize hanze.

Mu kiganiro gito yagiranye na Minembwe Capital News, yavuze ko yagize igitekerezo cyo kwandika iki gitabo akicyiga muri Kaminuza iherereye i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo mu 2014.

Nk’uko yakomeje abivuga ngo ahanini gutekerereza kucyandika byatewe n’ibyo abaturanyi be bo mu bwoko bw’Abashi bakundaga gutangaza byinshi bivuga ku bihe bibi by’intambara Abanyamulenge banyuzemo.

Icyo gihe ngo yahise atekereza ko icyo gitabo azagishyira mu ndimi zitatu, ikinyamulenge, igifaransa ndetse n’icyongereza.

Amaze gushyira mu ngiro inzozi ze, yagaragaje ubwicanyi bwakorewe benewabo Abanyamulenge, kandi avuga ko bagiye bicirwa mu bice binyuranye byo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ariko nanone avugamo n’uburinzi bukomeye Imana yagiye yereka aba Abanyamulenge, ndetse agaragaza n’ihumure beretswe nayo.

Ubundi kandi yagaragaje n’uburyo Abanyamulenge bisanze muri RDC, mbere y’ikinyenana cya 15.

Ndetse kandi yavuzemo n’ibyashyikiye abanilotique ubwo bavaga mu butayu bwa Sahara, maze ngo bikarangira bisanze mu bihugu byo mu biyaga bigari.

Hejuru y’ibyo, yashyizemo imiryango igize ubwoko bw’Abanyamulenge, nka Banyabyinshi, Abasinzira, Abasita abagorora n’abandi.

Ntiyarekeye aho kuko kandi yagaragaje imiterere y’akarere k’i Mulenge, inzuzi zaho ndetse n’imisozi minini n’imito.

Yavuze kandi ko yagaragaje uburyo intambara yatangiye i Mulenge n’imbarutso yayo guhera mu 2016-2025.

Mu kwandika iki gitabo, yavuze ko yifashishije ibitabo byinshi bitandukanye, birimo n’icyanditswe na Alex Kagame n’ibindi birimo ibyanditswe n’Abanyamulenge.

Ruberwa wanditse iki gitabo afite impamyabumenyi y’ikirenga, Masters degree muri Theology ndetse n’impamyabumenyi yisumbuye, bachelors muri agriculture. Afite imyaka 31 y’amavuko kuko yavuze mu mwaka wa 1994.

Hagataho, iki gitabo ugishaka yahamagara izi nimero telefone cyangwa akazandikira ku murongo w’itumanaho Whatsapp +256772640065.

Tags: Amateka y'AbanyamulengeGeorge
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo Batashye Bifashe Kumatama.

Abanyekongo Batashye Bifashe Kumatama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?