Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibyo wa menya ku cyo Iran igiye gukora nyuma y’urupfu rwa Nasrallah wishwe n’igisirikare cya Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 29, 2024
in Uncategorized
0
Ibyo wa menya  ku cyo Iran igiye gukora nyuma y’urupfu rwa Nasrallah wishwe n’igisirikare cya Israel.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku cyo Iran igiye gukora nyuma y’urupfu rwa Nasrallah wishwe n’igisirikare cya Israel.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Igisirikare cya Israel nyuma yo gukora ibitero bigahitana umuyobozi mukuru w’umutwe wa Hezbollah, Hassan Nasrallah, hari bazwa niba igihugu cya Iran gikora iki kuri icyo gitero cyahitanye inshuti zayo magara, amakuru ava muri Iran avuga ko yatangiye gutegura Ingabo zayo, ndetse ngo zimwe zishobora koherezwa muri Liban.

Ubwo Iran iheruka kohereza Ingabo muri Liban, byari mu 1981. Icyo gihe, izo ngabo nizo zatangije umutwe wa Hezbollah, Iran ikomeza kuwubaka no kuwushoramo inkunga , ifite intego yo kuwifashisha mu guhangana na Israel.

Icyo bikoze kugeza magingo aya, bisa naho uyu mutwe waciwe intege cyane, nyuma y’uko abayobozi bakuru hafi ya bose bishwe, kimwe n’abakomando bayobora amatsinda mato y’abarwanyi, benshi bagizweho ingaruka n’igitero simusiga cyagabwe ku bikoresho by’itumanaho by’uyumutwe mu byumweru bibiri bishyize.

Leta ya Israel nayo yatangaje ko idateze guhagarika ibitero kuri Hezbollah, ngo kuko ishaka ku yitsinsura, kugeza aho uyu mutwe uzabura ubushobozi bwo kwihagararaho.

Ibi byatumye benshi batangira kwibaza icyo Iran yaba igiye gukora mu gihe uyu mutwe yubatse mu myaka 30, ukaba ugiye gushyira mu gihe gito.

Amakuru yatanzwe n’igisirikare cya Israel yemeza ko atari Nasrallah wishwe wenyine, ahubwo ko hishwe n’abandi bayobozi benshi bo muri uyu mutwe wa Hezbollah kandi bakoranaga neza n’igihugu cya Iran.

Iran kandi ngo irimo gutegura, nk’uko amakuru ava muri icyo gihugu abivuga, mu gihe iki gihugu cyarebera uyu mutwe wa Hezbollah ugushyiraho nk’uko byagenze kuri Hamas, Iran ntacyo yaba isigaranye, ari nayo mpamvu nta gisobanuro gifatika ifite mu kureka Israel igasenya Hezbollah.

Aya makuru anavuga ko umuyobozi mukuru w’ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, avuga ko yatumije inama y’abasirikare bakuru nyuma y’uko byari byamaze gutangazwa ko “Hasrallah yapfuye. Ibyavugiwe muri iyo nama ntibiramenyekana.

               MCN.
Tags: HezbollahIran
Share31Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ijambo ry’Imana: Menya neza uko tumenyeshwa imbaraga za Kristo.

Ijambo ry'Imana: Menya neza uko tumenyeshwa imbaraga za Kristo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?