• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.

minebwenews by minebwenews
September 28, 2024
in Uncategorized
0
IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

IDF, ibitero yagabye ku mutwe wa Hezbollah, byabaye ibidasanzwe, nyuma yogusenya ibyingenzi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Hassan Nasrallah wari umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah ari mu bishwe n’igisirikare cya Israel (IDF) mu bitero iki gisirikare gikomeje ku gaba ku birindiro by’uyumutwe wa Hezbollah biri muri Libani, ndetse ibi bitero byanashwanyaguje ibibunda biremereye by’uyu mutwe.

Ni amakuru yemejwe n’igisirikare cya Israel, aho ndetse n’umuvugizi wacyo Daniel Hagari yatangaje ko umutwe wa Hezbollah wemeje ko ibitero by’abarwanyi bayo bagabye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, byakozwe mu rwego rwo kurinda abasivile bayo.

Hagari kandi yavuze ko umutwe wa Hezbollah ufite za Rocket 15.000 kandi ko zigamije kuraswa ku b’Israeli, avuga ko ibyo biri mu mpamvu igisirikare cya Israel gishora imbaraga zayo zose ku kurwanya abarwanyi b’uyu mutwe wa Hezbollah.

Mu butumwa buri mu nyandiko igisirikare cya Israel cyashyize hanze gikoresheje urubuga rwa x, cyemeje ko ibitero byayo byahitanye umuyobozi wa Hezbollah. Iz’inyandiko zigira ziti: “Hassan Nasrallah ntabwo azongera gushobora gutera ubwoba Isi.”

Inyandiko zikomeza zivuga ko mu bandi barwanyi ba Hezbollah bishwe barimo uwitwa Muhammad Ali Ismaïl wari usanzwe akuriye itsinda ryo muri uwo mutwe rirwanisha za Misile mu majyepfo ya Lebanon, ndetse n’uwitwa Ahmad Ismaïl wari w’ungirije Muhammad Ali Ismaïl.

Urupfu rwaba, ruje rukurikira urwa Ibrahim Qabisi wari ukuriye itsinda ry’abarwanyi ba Hezbollah barasisha misile na rocket . Aya makuru anavuga ko hari n’abandi basirikare bakuru bo muri uyu mutwe baguye muri icyo gitero.

Si abarwanyi gusa bapfuye, hubwo iki gisirikare cya Israel cyanashimangiye ko cyasenye inganda z’intwaro zari ahitwa i Beirut ndetse n’ibindi bibunda bigezweho nabyo ngo birasenywa.

       MCN.
Tags: HezbollahIbiteroIDF
Share28Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23, abaturage benshi babisuyemo.

Ibice bigenzurwa n'umutwe wa M23, abaturage benshi babisuyemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?