• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 9, 2025
in World News
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z’umutwe wa Hamas umaze igihe uhanganye na Israel muri Gaza.

Igisirikare cya Israel ubwacyo cyemeje aya makuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 09/09/2025, kivuga ko cyakoze iki gitero gikoresheje indege z’intambara zirimo na drones.

Nk’uko aya makuru akomeza abigaragaza kiriya gitero zakigabye mu ijoro ryaraye rikeye.

Zikigaba i Doha ku murwa mukuru wa Qatar ahari intumwa z’umutwe wa Hamas. Bivugwa ko izi ntumwa zari mu biganiro bigamije amahoro ku buhuza bwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni gitero kandi cyemejwe na guverinoma ya Qatar, aho yagize iti: “Iki gitero cyubugizi bwa nabi ni ukurenga mu buryo bweruye ku mategeko mpuzamahanga yose, kandi bikaba bibangamiye umutekano w’Abanya-Qatar n’abatuye muri Qatar.”

Bivugwa ko iki gitero ko ari cyo cya mbere igisirikare cya Israel kigabye muri Qatar.

Hari andi amakuru avuga ko Amerika yarizi iby’iki gitero mbere y’uko Israel igikora.

Ntiharamenyekana ibyangiritse, ariko IDF yarigamije kwica intumwa za Hamas.

Iki gitero Israel igikoze yari iheruka gutangaza ko igiye gukora ibitero bidasanzwe muri Gaza, inasaba abatuye uwo mujyi ku wuvamo vuba na bwangu batazawuhuriramo n’akaga ki bitero byabo.

Israel kandi yaburiye Hamas kurekura imfungwa za yo ifungiye muri uwo mujyi, cyangwa kurambika intwaro hasi, bitaba ibyo ugategereza kurimbuka bya burundu.

Tags: HamasIDFQatar
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Icyo amakuru avuga kuri Gen Gasita watumwe i Uvira

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?