• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Idini rya Katolika muri Congo Kinshasa, rikomeje kudacana uwaka n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2024
in Regional Politics
0
Idini rya Katolika muri Congo Kinshasa, rikomeje kudacana uwaka n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye ubutabera bwo muri icyo gihugu kubanza kwiga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, nyuma bakabona kugira ibyo ba mushinja.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, binyuze ku mucyamanza mukuru wa Repubulika y’iki gihugu, bwashatse gushinja Karidinali Frodolin Ambongo, ibyaha birimo gucya intege abasirikare bari ku rugamba.

Ubushinjacyaha bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwari bwatangaje ko bugiye gukora iperereza kuri Karidinali Frodolin Ambongo, uwo bwavugaga ko abangamiye igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC).

Ninyuma y’uko Ambongo aheruka kuvuga imbwirwaruhame ziremereye, zigaragaza ko ubutegetsi bwa Kinshasa bunaniwe mu nzego zose, bigaha urwaho abatavuga rumwe na leta barimo na M23.

Ku munsi wa Pasika, Karidinali Frodolin Ambongo yatangaje ko ubutegetsi bwa Kinshasa bumeze nk’u murwayi uri muri koma, usigaje gato agahuhuka.

Nyuma y’ubwo yongeye ku mvikana ashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo, avuga ko FDLR irimo abasize bakoze genocide mu Rwanda, ndetse avuga ko iyo mitwe ikorana n’u butegetsi bwa Kinshasa, iteye ubwoba idini rya Katolika, ngo kuko yica abenegihugu bayo.

Ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 28/04/2024, Katolika yabwiye ubushinjacyaha bukuru bwa Leta ya Kinshasa, ko bidashoboka ko baburanisha Karidinali Frodolin Ambongo.

Nk’uko babisobanura bagize bati: “Umushinjacyaha mukuru yinjiye mu bimurenze imbaraga.”

Bavuga ko bakurikije ingingo ya 8 ku gika cyayo cya 2, havuga amasezerano leta ya Kinshasa yagiranye na Vatikan ko icyo gihugu kidafite ububasha bwo gukurikirana Padili cyangwa umwepisikopi wa Kiliziya Gatolika, batabanjye ku bimenyesha ubuyobozi bw’i Roma.

Idini rya Katolika, ibi babisonuriye imbere y’urukiko rwiremezo ku munsi w’ejo hashize. Gusa kugeza ubu umwuka mubi hagati y’u butegetsi bwa Kinshasa n’idini Katolika ukomeje gututumba.

       MCN.
Tags: Frodolin AmbongoKatolikaKutavuga rumweUbutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Amashuri yafunzwe kubera imyuzure yakomeje kwiyongera mu gihugu cya Repubulika ya Kenya.

Amashuri yafunzwe kubera imyuzure yakomeje kwiyongera mu gihugu cya Repubulika ya Kenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?