• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ifoto igaragaza Gallas ari kumwe na Lt Gen Masunzu yaciye ibintu ku mbuga.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2024
in Regional Politics
0
Ifoto igaragaza Gallas ari kumwe na Lt Gen Masunzu yaciye ibintu ku mbuga.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ifoto igaragaza Gallas ari kumwe na Lt Gen Masunzu yaciye ibintu ku mbuga.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ahagana isaha z’igicamunsi nibwo hagaragajwe ubutumwa buri mu mashusho bw’umuhanzi w’indirimbo Bihozagara Bisama wa mamaye ku izina rya Gallas arikumwe na Lieutenant General Pacifique Masunzu.

Muri ubwo butumwa bwa mashusho, ubona Gallas ari ibumoso bwa Lt Gen Masunzu, kandi bahanye ibiganza bombi basa nk’aho baja ku mwenyura.

Mbere yuko aya mashusho ya Gallas ari kumwe na Lt Gen Masunzu aja hanze, habanje gucicibikana indi foto bivugwa ko yafatiwe i Kinshasa Gallas ari kumwe na Ngarura Patrick uzwiho kugambanira Twirwaneho n’undi wiswe Nkumbuyinka byavuzwe ko we yageze i Kinshasa aturutse muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Byavugwaga ko aba bagabo baje i Kinshasa muri misiyo yo kugambanira Twirwaneho, nk’uko amakuru abavugaho, yavugaga.

Si Masunzu wenyine wabonanye na Gallas kuko yabonanye kandi na Alexis Gisaro.

Na none kandi andi makuru yavugaga ko Ngarura Patrick na Nkumbuyinka wavuye muri Leta Zunze Ubumwe, bahuye mu rwego rwo kugira ngo baherekeze Gallas wageze i Kinshasa ku butumire bwa Alexis Gisaro wahoze ari minisitiri wibikorwa remezo muri leta ya Kinshasa.

Nk’uko bizwi umuhanzi Gallas n’ubundi asanzwe afite umushinga uzwi kw’izina rya “GALLAS FOUNDATION,” uterwa inkunga na bwana Alexis Gisaro. Ari nabyo yari yahamagariwe kugira ngo baganire kuri uwo mushinga.

Ubu butumwa bwa mashusho bugaragaza Gallas ari kumwe n’abayobozi barimo aba General, bamwe babibona nku bugambanyi.

Uwitwa Joshua yanditse ubutumwa agira ati: “Gallas yarashutswe, urabona ko akiri umwana. Nta kindi Masunzu amukundira nu kugira ngo amukoreshe mu gutuka abanzi be.”

Undi yagize ati: “Buri ya se ubona Gallas yoganira iki na Masunzu! arashaka ku muhindura igikoresho cye. Masunzu yanga Twirwaneho kandi arashaka kuyiharabika binyuze mu bihangano byuri ya mwana.”

Uru rugendo Gallas yongeye kurugirira i Kinshasa mu gihe no mu ntangiriro z’uyu mwaka yariyo, ari nabwo yahawe inkunga ya mbere yuriya mushinga wa Gallas Foundation aho ya yihawe na Alexis Gisaro.

              MCN.
Tags: FoundationGallasGisaroMasunzuUruzinduko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo bari mu biganiro i Luanda.

U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo bari mu biganiro i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?