• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za RDF, zatanze igisubizo kuri perezida Félix Tshisekedi, ugize igihe avuga ko azarasa i Kigali.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’igisirikare c’u Rwanda (RDF), Brigadier General Ronald Rwivanga, yasubije Félix Tshisekedi, ugize igihe avuga ko azarasa i Gihugu c’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu minsi mike ishize, ahagana tariki 18/12/2023, n’ibwo perezida Félix Tshisekedi, yongeye k’umvikana ari i Kinshasa, avuga y’ihanukiriye ko azarasa i Kigali, yiyicariye i Goma, anavuga ko Ingabo z’igihugu cye, kuri ubu zifite ubushobozi budasanzwe n’imbunda zirasa kure.

Muricyo gihe yanakoresheje amagambo arimo agasuzuguro, aho yagize ati: “Nongeye kandi ku bivuga uyu munsi, singombwa ko tuzohereza Ingabo z’irwanirira, k’u butaka. Turi iwacu dufite ubushobozi bwo kurasa i Kigali, twiyicariye i Goma.”

Yunzemo kandi ati: “Icyo gihe tworasa i Kigali, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azarara kure y’urugo rwe, mu ishyamba.”

Ibi nibyo u muvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, aheruka gusubiza ubwo yarimo aganira n’ikinyamakuru cya New Times.

Yagize ati: “Ndasubirisha ikibazo cya Politike, igisubizo cya Gisirikare. Reka nku bwire ko twiteguye kandi tunahora twiteguye. Mbese ntanigishya ku kw’itegura kwacu.”

Mu mezi abiri ashize havuzwe ko ingabo z’u Rwanda, zoherejwe k’u bwinshi mu bice bihana u mupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ndetse muri icyo gihe u muvugizi w’u Rwanda, w’ungirije Alain Mukuralinda, yabivuzeho avuga ko ingabo zabo zihora ari maso.

Gusa no k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, barabikoze aho ndetse n’Ingabo z’u Burundi, zizwi ho gufasha FARDC, zari k’u butaka bwa RDC, buhana imipaka n’u Rwanda, nka Nyangezi, Kamanyola, Ngomo na i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi byatumye amahanga asaba ibihugu byombi kuganira no kuvana Ingabo zabo k’u mipaka. N’ubwo bisa niby’ubahirijwe ariko ibyo Tshisekedi akomeza kuvuga bikomeza gukurura umwaka mubi hagati y’ibi, bihugu by’ibituranyi.

Bruce Bahanda.

Tags: GomaRDFUgize igihe avuga ko azarasa i KigaliYatanze igisubizo kuri perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

I Kananga, imvura idasanzwe yaraye ihitanye abantu 21, isenya n'ibikorwa remezo bya leta n'i bya baturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?