Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igihugu ca Israel ngocaba kigiye guhagurukira ikibazo c’umutekano muke Muburasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu ca Israeri cyavuzeko gitewe ubwoba bwinshi n’umutekano ukomeje kuba mubi Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Kuba iki gihugu ca Israel cyo Muburasirazuba bw’isi cyigaragaje kubijanye n’umutekano wa Congo Kinshasa bisa nibiteye inkeke nimugihe Israeri iri mububihugu by’ibihangange kugisirikare ndetse no mwikorana buhanga gusa ibi bikaba bitari bikunze kubaho kuriki gihugu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ibwo uhagarariye Israel muri Republika ya Demokarasi ya Congo yagiranaga ikiganiro na Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba na Minisitiri w’ingabo bwana Jean Pierre Bemba Gombo uyu ambasaderi yavuze ko umutekano muke uri Muburasirazuba bw’iki gihugu uteye impungenge ubutegetsi bw’igihugu ce ko kandi bagiye kuwuhagurukira mu Maguru mashya.

Ibi yabitangaje kuwa Gatatu tariki 13/09/2023. Ibi abivuze mugihe iki gihugu ca Israel gifitanye umubano mwiza na Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ambasaderi wa Israel muri RDC yagize ati: “Twaganiriye byinshi na Minisiteri w’ingabo muri RDC ariko twibanze kumibanire y’ibihugu byombi kuko tugize iminsi dufitanye imibanire myiza ariko leta yanjye kurubu ihangayikishijwe n’umutekano muke uri Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.”

Uyu ambasaderi yongeyeho ko ibyo arimo kuvuga yabiganiriyeho na Minisitiri w’intebe wa Israel.
Nubundi bwana ambasaderi yakomeje avugako kuberako ibihugu byombi bisanzwe arinshuti zigihe kirekire ati niyompanvu bahangayikishijwe nibibazo birikubera Muburasirazuba bwa Congo Kinshasa.

Ayamakuru akaba yemejwe na Minisiteri w’ingabo muri RDC Jean Pierre Bemba Gombo, nimugihe yakoresheje urukuta rwe rwa Twitter aho yagize ati: “Guverinoma ya Israel itewubwoba n’ibikomeje kubera mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, Kivu y’Amajyaruguru ndetse na Ituri. Iki gihugu dusanzwe turinshuti akaba arinabyo bibateye impungenge kubibera Iwacu.”

Abasesenguzi bo bavuga ko Kinshasa yarisanzwe y’ihuza n’ibihugu bidateyubwoba abanzi bayo mugushaka amahoro n’umutekano ariko Israeri yo ishoboye gukemura amakimbirane agize igihe muriki gihugu.

Twabibutsa ko iki gihugu ca Israel kiri mubihugu 20 bikomeye kubijanye n’igisirikare kw’Isi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 14/09/2023.

Tags: Irajwe inshingaIsraelN'umutekano muke uri Muburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imirwano yongeye kubura hagati y'umutwe w'inyeshamba wa M23 n'imitwe ishigikiwe na Leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?