• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igihugu C’u Burusiya, Catangaje Ko Giteganya Kugira Uruganda Rukora Indege Z’intambara Muri Uganda.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu c’u Burusiya cyatangaje ko giteganya kuza gikorera indege zintambara mugihugu ca Uganda.

You might also like

Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 19.05.2023, saa 3:15 pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wagatanu nibwo hagaragajwe itangazo ryigihugu c’u Burusiya rivuga ko iki gihugu
kigiye kuvugurura ibikoresho bya gisirikare, ndetse no kubisana.

Nimugihe iritangazo ryatanzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, wiki gihugu c’u Burusiya, bwana Sergey Lavrov; akaba yanakoranye Ikiganiro na mugenzi we Major Gen Jeje Odongo wa Uganda aha barimo baganira n’itangazamakuru, bikaba byarabaye Kumunsi w’ejo ku wa Kane.

Iki kiganiro cyabereye kumurwa mukuru w’u Burusiya i Moscou aho Minisitiribubanyi n’Amahanga wa Uganda yari mu ruzinduko rw’akazi.

Lavrov yagize ati: “Ikigo cyo gusaniramo indege z’intambara, zakorewe muri Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti cyarashinzwe ndetse gitangira gukorera muri Uganda.”

“Turateganya kuyihindura Uganda icyanya cy’akarere. Ubufatanye bwa gisirikare ndetse no mu bya Politiki hagati y’ibihugu byacu byombi ni ubw’igihe kirambye.”

Uruganda rukora ibikoresho bya gisirikare birimo n’indege z’intambara Lavrov yavugaga u Burusiya bwamaze gushinga muri Uganda ni urwa Pro Heli Ltd rwubatse i Nakasongola rwagati muri Uganda.

President Yoweri Kaguta Museveni aheruka gutaha kajugujugu ya mbere y’intambara yarukorewemo.

Minisitiri Lavrov yavuze ko urwo ruganda rwitezweho kureshya ibindi bihugu byo mukarere ka Afrika y’iburasirazuba ndetse nahandi kw’Isi.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha

by Bahanda Bruce
March 14, 2026
0

Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha Mu gihe umutekano ukomeje kuba muke mu misozi miremire y’i Mulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe Twirwaneho Irushaho Kuzanira Abaturage Ibyiza, Gumino Yo Irushaho Kuba Kure Yabaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?