• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igihugu c’Urwanda kirarega umuryango mpuzamahanga kurebera ibibi bikorerwa ab’Atutsi muri Congo Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuruyu wakane wiki umweru turimo, leta y’Urwanda yashinje umuryango mpuzamahanga guceceka ku bwicanyi muri RDC

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Gatete Claver, yavuze ko ubwicanyi bwibasira abaturage bavuga Ikinyarwanda muri Congo Kinshasa bukomeje gufata indi ntera, ariko bisa n’aho umuryango mpuzamahanga ukomeje kwica amatwi.

Kuri uyu wa Kane ushize tariki 16.02.2023, nibwo habaye ikiganiro kigaruka ku mirimo yakozwe n’Itsinda ry’impuguke kuri DRC, rigasohora raporo mu mpera za 2022.

Ni raporo yaje isanga ibibazo bimaze iminsi muri ico gihugu birimo imirwano hagati y’ingabo za Leta n’Umutwe wa M23 ndetse n’itotezwa n’ubundi bugizi bwa nabi bukomeje kwibasira Abavuga Ikinyarwanda by’umwihariko Abatutsi(Abanyamulenge), muri ico gihugu.

Ambassadeur Gatete yagarutse ku bibazo by’umutekano muke bikomeje kwibasira abaturage ba RDC bavuga Ikinyarwanda, byatumye abasaga 80,000 bahungira mu Rwanda.

By’umwihariko kuva mukwezi kwa 12 umwaka 2022, nibura abanye-Congo basaga 100 binjira mu Rwanda buri munsi.

Yakomeje ati “Imvugo za RDC kugeza ubu ni uko u Rwanda ari rwo ruyihugabanyiriza umutekano, kandi DRC ikaba ari yo igirwaho ingaruka. Ibi bikaba hirengagijwe ko RDC itagaragaza ubushake bwa politiki mu gushira mu bikorwa amasezerano yasinywe ndetse na gahunda z’akarere zirimo iza Luanda na Nairobi.”

Yasabye umuryango mpuzamahanga guhaguruka kagira ico ukora.

Ati “Igihe kirageze ngo umuryango mpuzamahanga wumve akaga Abatutsi b’Abanye-Congo barimo kandi ufate ibyemezo ubaze inshingano abantu bose bafite inshingano zo gutabara ubuzima bwa za miliyoni buri mu kaga muri Congo.”

“Uguceceka k’umuryango mpuzamahanga kuvuze gushyigikira byeruye ibyaha ndegakamere bikomeje gukorerwa aba bantu.”

Ambassadeur Gatete yashimangiye ubushake bw’u Rwanda muri gahunda n’ibiganiro by’akarere, bigamije gushaka umutekao, asaba ko hagira ibyemezo bifatika bifatwa.

Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNCHR, mu Rwanda, igaragaza ko abanye-Congo 4,176 bashaka ubuhungiro binjiye mu Rwanda hagati yukwezi kwa 11 umwaka wa 2022.

Bacumbikiwe mu nkambi ya Mahama no mu bigo byakirirwamo abantu by’igihe gito bya Kijote na Nkamira mu turere twa Rubavu na Nyabihu.

Benshi mu bahungira mu Rwanda baturuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri territorry ya Masisi na Rutshuru.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Abataliban baraburira ko hashobora kuba ibitero kuri Polici ya Afghanistan.

Comments 1

  1. Ngarukiye Siméon says:
    3 years ago

    Bazaze tubahe imibare yabanyamurenge bamaze gupfa
    Nibwo bazabona uburyo batanga rapport yuko twakorewe génocide

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?