Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cya Israel cya tangaje ibyo kigiye gukora nyuma y’uko amahanga akimereye nabi ku bitero kigaba mu Ntara ya Gaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cya Israel cya tangaje ibyo kigiye gukora nyuma y’uko amahanga akimereye nabi ku bitero kigaba mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu cya Israel cya vuze ko kizakomeza ibitero mu Ntara ya Gaza.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko ingabo z’igihugu cye zizakomeza ibitero mu gace ka Rafah ko mu Ntara ya Gaza, n’ubwo igitutu cya mahanga gikomeje kuba cyinshi kuri iki gihugu.

Mu minsi mike ishize Israel yari yagabye igitero karandura cyanasize gihitanye abantu barenga 44, gituma ibihugu n’imiryango mpuzamahanga nk’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, binenga imyitwarire y’iki gihugu.

Ibi nibyo byatumye Benjamin Netanyahu atangaza ko ingabo ze zitazahagarika intambara, nubwo yemeye ko mu ntambara hashobora kubamo amakosa atuma abaturage b’inzirakarengane bahasiga ubuzima.

Netanyahu yasobanuriye inteko ishinga mategeko y’iki gihugu cye ko ingabo ze zitazahagarika ibitero muri Gaza mu gihe zizaba zitaragera ku ntego nyamukuru zihaye, ari yo gusenya burundu umutwe wa Hamas zifata nk’uwiterabwoba.

Ku rundi ruhande, Algeria yasabye inama y’igitaraganya y’Akanama k’u muryango w’Abibumbye (Loni) gashinzwe umutekano yiga kuri iki gitero cya Israel muri Rafah, cyakurikiye icyemezo ICJ yafashe mu Cyumweru gishize cyo gutegeka Israel guhagarika intambara, icyemezo Israel yaje gutera utwatsi.

Igitero cy’ingabo za Israel muri Rafah cyakurikiye icyo umutwe wa Hamas wari uherutse kugaba i Tel Aviv mu masaha make yari yabanje. Ni mu gihe hari hakomeje imishikirano iyobowe n’ibihugu birimo Quatar na Misiri, igamije gufunguza imbohe zafashwe na buri ruhande.

             MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuIbiteroNtizahagarika ibitero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n’abo basangiye ibitsina nyuma y’uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.

Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n'abo basangiye ibitsina nyuma y'uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?