• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cya Israel cya tangaje ibyo kigiye gukora nyuma y’uko amahanga akimereye nabi ku bitero kigaba mu Ntara ya Gaza.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cya Israel cya tangaje ibyo kigiye gukora nyuma y’uko amahanga akimereye nabi ku bitero kigaba mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu cya Israel cya vuze ko kizakomeza ibitero mu Ntara ya Gaza.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko ingabo z’igihugu cye zizakomeza ibitero mu gace ka Rafah ko mu Ntara ya Gaza, n’ubwo igitutu cya mahanga gikomeje kuba cyinshi kuri iki gihugu.

Mu minsi mike ishize Israel yari yagabye igitero karandura cyanasize gihitanye abantu barenga 44, gituma ibihugu n’imiryango mpuzamahanga nk’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, binenga imyitwarire y’iki gihugu.

Ibi nibyo byatumye Benjamin Netanyahu atangaza ko ingabo ze zitazahagarika intambara, nubwo yemeye ko mu ntambara hashobora kubamo amakosa atuma abaturage b’inzirakarengane bahasiga ubuzima.

Netanyahu yasobanuriye inteko ishinga mategeko y’iki gihugu cye ko ingabo ze zitazahagarika ibitero muri Gaza mu gihe zizaba zitaragera ku ntego nyamukuru zihaye, ari yo gusenya burundu umutwe wa Hamas zifata nk’uwiterabwoba.

Ku rundi ruhande, Algeria yasabye inama y’igitaraganya y’Akanama k’u muryango w’Abibumbye (Loni) gashinzwe umutekano yiga kuri iki gitero cya Israel muri Rafah, cyakurikiye icyemezo ICJ yafashe mu Cyumweru gishize cyo gutegeka Israel guhagarika intambara, icyemezo Israel yaje gutera utwatsi.

Igitero cy’ingabo za Israel muri Rafah cyakurikiye icyo umutwe wa Hamas wari uherutse kugaba i Tel Aviv mu masaha make yari yabanje. Ni mu gihe hari hakomeje imishikirano iyobowe n’ibihugu birimo Quatar na Misiri, igamije gufunguza imbohe zafashwe na buri ruhande.

             MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuIbiteroNtizahagarika ibitero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n’abo basangiye ibitsina nyuma y’uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.

Papa Francis yasabye imbabazi abakundana n'abo basangiye ibitsina nyuma y'uko yari yakoresheje ijambo ribabangamiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?