• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cya Israel, cyatanze umurongo wagenderwaho, maze igihugu cy’u Rwanda na Congo, bikagera ku mahoro nta maraso amenetse.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cya Israel, cyatanze umurongo wagenderwaho, maze igihugu cy’u Rwanda na Congo, bikagera ku mahoro nta maraso amenetse.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu cya Israel kirasaba u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuganira.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni byo leta ya Israel yasabye , inyuze kuri ambasaderi wayo uri i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Shimon Solomon.

Ambasaderi wa Israel, ibi yabisabye mu gihe yarafitanye i kiganiro na minisitiri w’ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, aho yagize ati: “Tugomba gukemura ikibazo mu nzira y’ibiganiro, nta maraso amenetse, nta ni ntambara ibaye.”

Ni mugihe kandi u Bufaransa nabwo bwari bwatangaje ko buhagayikishijwe n’intambara iri hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC. Bityo basaba impande zihanganye gushaka amahoro kugira abaturage bataguma kuja mu kaga.

Aba bategetsi b’i bihugu bikomeye ku Isi barasaba amahoro mu karere mugihe imirwano yongeye gukomera ku mpande zirwana mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahanini muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

N’imirwano M23 ikomeje kwerekana mo ubu nararibonye mu rugamba, kuva imirwano y’ubura mu ntangiriro z’u mwaka w ‘ 2021, ntagace na gato, M23 ira rwanamo ngo ihunge kimwe ho haraho bagiye bivana bitavuye ku kuneshwa mu rugamba hubwo bivuye ku bushake, nk’uko byagiye bigaragara mu minsi ishize.

U Rwanda na Congo, kuva imirwano y’ubura hagati ya M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa, ibihugu byombi, byahise bigirana amakimbirane ashingiye ku kwitana ba mwana, Congo ishinja Kigali gufasha M23, ibyo Kigali yakomeje kunyomoza, hubwo bagashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi gukona byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu 1994.

Mu gihe imirwano ikaze ku mpande zirwana, ariko dusanga uruhande rwa M23 bamaze gufata ibice byinshi kandi byingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nka Centre ya Kitshanga, ifite imihanda ihuza u Mujyi wa Goma n’ibindi bice byinshi byo mu materitware, ndetse M23 ikaba iheruka no gufungira u Mujyi wa Goma, imihanda iwuhuza na teritware ya Masisi na Rutsuru.

K’urundi ruhande iy’i mirwano, imaze kwangiriza byinshi harimo ko abaturage benshi bamaze guta izabo, abandi benshi bayiburiyemo ubuzima.

Bruce Bahanda.

Tags: IsraelNta maraso amenetseU Rwanda na CongoWagenderwahoYatanze umurongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n’u Rwanda.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?