• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cya Israel, cyatanze umurongo wagenderwaho, maze igihugu cy’u Rwanda na Congo, bikagera ku mahoro nta maraso amenetse.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cya Israel, cyatanze umurongo wagenderwaho, maze igihugu cy’u Rwanda na Congo, bikagera ku mahoro nta maraso amenetse.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu cya Israel kirasaba u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuganira.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Ni byo leta ya Israel yasabye , inyuze kuri ambasaderi wayo uri i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Shimon Solomon.

Ambasaderi wa Israel, ibi yabisabye mu gihe yarafitanye i kiganiro na minisitiri w’ingabo muri RDC, Jean Pierre Bemba Gombo, aho yagize ati: “Tugomba gukemura ikibazo mu nzira y’ibiganiro, nta maraso amenetse, nta ni ntambara ibaye.”

Ni mugihe kandi u Bufaransa nabwo bwari bwatangaje ko buhagayikishijwe n’intambara iri hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC. Bityo basaba impande zihanganye gushaka amahoro kugira abaturage bataguma kuja mu kaga.

Aba bategetsi b’i bihugu bikomeye ku Isi barasaba amahoro mu karere mugihe imirwano yongeye gukomera ku mpande zirwana mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahanini muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

N’imirwano M23 ikomeje kwerekana mo ubu nararibonye mu rugamba, kuva imirwano y’ubura mu ntangiriro z’u mwaka w ‘ 2021, ntagace na gato, M23 ira rwanamo ngo ihunge kimwe ho haraho bagiye bivana bitavuye ku kuneshwa mu rugamba hubwo bivuye ku bushake, nk’uko byagiye bigaragara mu minsi ishize.

U Rwanda na Congo, kuva imirwano y’ubura hagati ya M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa, ibihugu byombi, byahise bigirana amakimbirane ashingiye ku kwitana ba mwana, Congo ishinja Kigali gufasha M23, ibyo Kigali yakomeje kunyomoza, hubwo bagashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi gukona byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu 1994.

Mu gihe imirwano ikaze ku mpande zirwana, ariko dusanga uruhande rwa M23 bamaze gufata ibice byinshi kandi byingenzi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nka Centre ya Kitshanga, ifite imihanda ihuza u Mujyi wa Goma n’ibindi bice byinshi byo mu materitware, ndetse M23 ikaba iheruka no gufungira u Mujyi wa Goma, imihanda iwuhuza na teritware ya Masisi na Rutsuru.

K’urundi ruhande iy’i mirwano, imaze kwangiriza byinshi harimo ko abaturage benshi bamaze guta izabo, abandi benshi bayiburiyemo ubuzima.

Bruce Bahanda.

Tags: IsraelNta maraso amenetseU Rwanda na CongoWagenderwahoYatanze umurongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n’u Rwanda.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?