• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U butegetsi bw’u Rwanda n’u bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ba buriwe kuva ku manga bahagazeho ibajyana mu ntambara.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatanze iyo Nama, ni mugihe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri rishira kuri uyu wa Gatatu, i New York hari hateraniye i biganiro bya ka Nama gashinzwe umutekano w’umuryango w’Abibumbye.

Bavuze ko “Bikwiye ko u Rwanda na Congo bisubira inyuma bikivana mu cyabinjiza mu ntambara yeruye basa na bamaze ku yinjira mo.”

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame w’u Rwanda, buheruka guteguza y’uko bwafashe ingamba zijyanye no kurinda ikirere cyarwo ndetse n’izo guhangana n’indege z’intambara zigisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gihe zaba zigabye ibitero ku Rwanda.

Ibi u Rwanda rwa bishize hanze nyuma y’uko abategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, abo k’urwego rwa politike n’abigisirikare barimo na perezida Félix Tshisekedi bagize igihe batangaza ko bagiye gukuraho ubutegetsi bwa Kigali bagashiraho u bundi.

Impungenge nizose, ko ibi bihugu byombi bya kwinjira mu rugamba rweruye.

Ambasaderi Robert Wood yasabye ko u Rwanda na Congo bigomba kuva mu bibinjiza mu ntambara.

Yagize ati: “Hakwiye ko bafata ingamba zo gusubukura ibiganiro bya Nairobi na Luanda.”

Yakomeje agira ati: “Izo ngufu za dipolomasi zo mukarere niyo nzira yonyine iganisha ku gisubizo kirambye, bitandukanye no gukoresha ingufu za Gisirikare.”

Ibi bihugu bigiriwe i Nama mugihe umwuka mubi hagati yabyo wari wongeye kubyuka k’urugero rwo hejuru nyuma y’uko n’u bundi ibi bihugu bimaze igihe kirenga imyaka ibiri bitarebana neza.

Gusa leta ya Kinshasa izamura amaranga mutima yo gushora intambara ku Rwanda mu gihe umutwe wa M23 urwanya ubwo butegetsi ba ba bongeye nko gufata ibice byingenzi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bakaba n’u bundi baheruka kwigarurira ibice birimo Kanyamahoro, Kanyabuki, ku Mabere y’inkumi harimo na Centre yingenzi ya Sake, muri teritware ya Masisi.

Repubulika ya demokarasi ya Congo ishinja Kigali gufasha uwo mutwe wa M23, ibyo Kigali yakomeje guhakana hubwo bagashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Aha rero niho leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye impande zombi kureka iyo mikoranire.

Ati: “U Rwanda rugomba guhagarika ubufasha ruha M23. Bakwiye kandi kuvana Ingabo zabo k’u butaka bw’i Gihugu cya RDC, ariko na none Congo nayo ikareka imikoranire iyo ari yose bafitanye n’u mutwe wa FDLR.”

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kandi basabye ibi bihugu byombi gushakira hamwe icyagarura icyizere cyo gukorera hamwe kwibyo bihugu, kugira umutekano urusheho kumera neza.

            MCN.
Tags: Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaRepubulika ya demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ko Abatutsi birukanwa bakaja mu Rwanda.

Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ko Abatutsi birukanwa bakaja mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?