Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 21, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda bya buriwe kuva ku manga bariho ya batembesha mu muriro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U butegetsi bw’u Rwanda n’u bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ba buriwe kuva ku manga bahagazeho ibajyana mu ntambara.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatanze iyo Nama, ni mugihe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri rishira kuri uyu wa Gatatu, i New York hari hateraniye i biganiro bya ka Nama gashinzwe umutekano w’umuryango w’Abibumbye.

Bavuze ko “Bikwiye ko u Rwanda na Congo bisubira inyuma bikivana mu cyabinjiza mu ntambara yeruye basa na bamaze ku yinjira mo.”

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame w’u Rwanda, buheruka guteguza y’uko bwafashe ingamba zijyanye no kurinda ikirere cyarwo ndetse n’izo guhangana n’indege z’intambara zigisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gihe zaba zigabye ibitero ku Rwanda.

Ibi u Rwanda rwa bishize hanze nyuma y’uko abategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, abo k’urwego rwa politike n’abigisirikare barimo na perezida Félix Tshisekedi bagize igihe batangaza ko bagiye gukuraho ubutegetsi bwa Kigali bagashiraho u bundi.

Impungenge nizose, ko ibi bihugu byombi bya kwinjira mu rugamba rweruye.

Ambasaderi Robert Wood yasabye ko u Rwanda na Congo bigomba kuva mu bibinjiza mu ntambara.

Yagize ati: “Hakwiye ko bafata ingamba zo gusubukura ibiganiro bya Nairobi na Luanda.”

Yakomeje agira ati: “Izo ngufu za dipolomasi zo mukarere niyo nzira yonyine iganisha ku gisubizo kirambye, bitandukanye no gukoresha ingufu za Gisirikare.”

Ibi bihugu bigiriwe i Nama mugihe umwuka mubi hagati yabyo wari wongeye kubyuka k’urugero rwo hejuru nyuma y’uko n’u bundi ibi bihugu bimaze igihe kirenga imyaka ibiri bitarebana neza.

Gusa leta ya Kinshasa izamura amaranga mutima yo gushora intambara ku Rwanda mu gihe umutwe wa M23 urwanya ubwo butegetsi ba ba bongeye nko gufata ibice byingenzi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bakaba n’u bundi baheruka kwigarurira ibice birimo Kanyamahoro, Kanyabuki, ku Mabere y’inkumi harimo na Centre yingenzi ya Sake, muri teritware ya Masisi.

Repubulika ya demokarasi ya Congo ishinja Kigali gufasha uwo mutwe wa M23, ibyo Kigali yakomeje guhakana hubwo bagashinja ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Aha rero niho leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye impande zombi kureka iyo mikoranire.

Ati: “U Rwanda rugomba guhagarika ubufasha ruha M23. Bakwiye kandi kuvana Ingabo zabo k’u butaka bw’i Gihugu cya RDC, ariko na none Congo nayo ikareka imikoranire iyo ari yose bafitanye n’u mutwe wa FDLR.”

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kandi basabye ibi bihugu byombi gushakira hamwe icyagarura icyizere cyo gukorera hamwe kwibyo bihugu, kugira umutekano urusheho kumera neza.

            MCN.
Tags: Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaRepubulika ya demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ko Abatutsi birukanwa bakaja mu Rwanda.

Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ko Abatutsi birukanwa bakaja mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?