• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwaburiye leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza kuyishotara.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni byatangajwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi, aho yahise asaba mugenzi we Antony Blinken w’Amerika kudakomeza gushotora igihugu cye.

Yavuze ko igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gifite amahitamo yo gukorana n’u Bushinwa mu kubaka ejo hazaza ku bihugu byombi, bitaba ibyo ubwo Amerika ikaba yiteguye kuyoyoka.

Blinken Antony umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe ku migenderanire n’amahanga, yari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu gihugu cy’u Bushinwa, muri urwo ruzinduko yabashye ku bonana n’abayobozi batandukanye bo muri iki gihugu, barimo na perezida Xi Jinping. Uru ruzinduko rubaye uruzinduko rwa Kabiri uyu muyobozi agiriye mu Bushinwa, mu gihe cya mezi 12.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, yabwiye mugenzi we ko ibihugu byombi bifite inyungu mu kubaka ubufatanye mu nzego zose, kuva ku bucuruzi n’igisirikare, kugera ku ikorana buhanga n’ubuvuzi.

Yanamwijeje ko u Bushinwa bufite ubushake bwo gukorana na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko yongeraho ko mu gihe Amerika yakomeje kwinangira, ubwo izaba ihisemo inzira izayisubiza inyuma mu nzego zose.

Yanashinje ubutegetsi bwa Amerika kugira umugambi wo guca intege u Bushinwa, nyuma y’ibirego byinshi iki gihugu cyashinje u Bushinwa, birimo kugerageza kwivanga mu matora y’Amerika, kwiba ikorana buhanga ry’icyo gihugu, gufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri Ukraine n’ibindi.

Ibi byose byatumye Amerika ifata ingamba zirimo kubuza ibigo byayo by’ubucuruzi kohereza ibicuruzwa bifite ikorana buhanga rihambaye mu Bushinwa no kubuza abashoramari bayo kwirinda gushora imari mu nzego zimwe na zimwe zifatiye runini ubukungu bw’u Bushinwa.

Wang avuga ko ibi bigamije kugabanya ubushobozi bw’u Bushinwa, uretse ko ngo ibi bidashoboka.

Blinken kandi yahuye na perezida Xi Jinping wamwijeje ko u Bushinwa budafite umugambi wo kwivanga mu matora y’Amerika, anashimangira ko u Bushinwa bwakwishimira kubona Amerika ikize, ariko yifuza ko byagenda gutyo kuri Amerika, nayo ikishimira kubona u Bushinwa buteye imbere.

                 MCN.
Tags: Bwa buriye Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaKudakomeza ku gishotoraU Bushinwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe “safisha mujyi wa Goma.”

Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n'abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe "safisha mujyi wa Goma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?