Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwaburiye leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza kuyishotara.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi, aho yahise asaba mugenzi we Antony Blinken w’Amerika kudakomeza gushotora igihugu cye.

Yavuze ko igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gifite amahitamo yo gukorana n’u Bushinwa mu kubaka ejo hazaza ku bihugu byombi, bitaba ibyo ubwo Amerika ikaba yiteguye kuyoyoka.

Blinken Antony umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe ku migenderanire n’amahanga, yari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu gihugu cy’u Bushinwa, muri urwo ruzinduko yabashye ku bonana n’abayobozi batandukanye bo muri iki gihugu, barimo na perezida Xi Jinping. Uru ruzinduko rubaye uruzinduko rwa Kabiri uyu muyobozi agiriye mu Bushinwa, mu gihe cya mezi 12.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, yabwiye mugenzi we ko ibihugu byombi bifite inyungu mu kubaka ubufatanye mu nzego zose, kuva ku bucuruzi n’igisirikare, kugera ku ikorana buhanga n’ubuvuzi.

Yanamwijeje ko u Bushinwa bufite ubushake bwo gukorana na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko yongeraho ko mu gihe Amerika yakomeje kwinangira, ubwo izaba ihisemo inzira izayisubiza inyuma mu nzego zose.

Yanashinje ubutegetsi bwa Amerika kugira umugambi wo guca intege u Bushinwa, nyuma y’ibirego byinshi iki gihugu cyashinje u Bushinwa, birimo kugerageza kwivanga mu matora y’Amerika, kwiba ikorana buhanga ry’icyo gihugu, gufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri Ukraine n’ibindi.

Ibi byose byatumye Amerika ifata ingamba zirimo kubuza ibigo byayo by’ubucuruzi kohereza ibicuruzwa bifite ikorana buhanga rihambaye mu Bushinwa no kubuza abashoramari bayo kwirinda gushora imari mu nzego zimwe na zimwe zifatiye runini ubukungu bw’u Bushinwa.

Wang avuga ko ibi bigamije kugabanya ubushobozi bw’u Bushinwa, uretse ko ngo ibi bidashoboka.

Blinken kandi yahuye na perezida Xi Jinping wamwijeje ko u Bushinwa budafite umugambi wo kwivanga mu matora y’Amerika, anashimangira ko u Bushinwa bwakwishimira kubona Amerika ikize, ariko yifuza ko byagenda gutyo kuri Amerika, nayo ikishimira kubona u Bushinwa buteye imbere.

                 MCN.
Tags: Bwa buriye Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaKudakomeza ku gishotoraU Bushinwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe “safisha mujyi wa Goma.”

Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n'abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe "safisha mujyi wa Goma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?