• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Bushinwa cya buriye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza ku gishotora.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwaburiye leta Zunze Ubumwe z’Amerika kudakomeza kuyishotara.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe na minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Wang Yi, aho yahise asaba mugenzi we Antony Blinken w’Amerika kudakomeza gushotora igihugu cye.

Yavuze ko igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gifite amahitamo yo gukorana n’u Bushinwa mu kubaka ejo hazaza ku bihugu byombi, bitaba ibyo ubwo Amerika ikaba yiteguye kuyoyoka.

Blinken Antony umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe ku migenderanire n’amahanga, yari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu gihugu cy’u Bushinwa, muri urwo ruzinduko yabashye ku bonana n’abayobozi batandukanye bo muri iki gihugu, barimo na perezida Xi Jinping. Uru ruzinduko rubaye uruzinduko rwa Kabiri uyu muyobozi agiriye mu Bushinwa, mu gihe cya mezi 12.

Minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, yabwiye mugenzi we ko ibihugu byombi bifite inyungu mu kubaka ubufatanye mu nzego zose, kuva ku bucuruzi n’igisirikare, kugera ku ikorana buhanga n’ubuvuzi.

Yanamwijeje ko u Bushinwa bufite ubushake bwo gukorana na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ariko yongeraho ko mu gihe Amerika yakomeje kwinangira, ubwo izaba ihisemo inzira izayisubiza inyuma mu nzego zose.

Yanashinje ubutegetsi bwa Amerika kugira umugambi wo guca intege u Bushinwa, nyuma y’ibirego byinshi iki gihugu cyashinje u Bushinwa, birimo kugerageza kwivanga mu matora y’Amerika, kwiba ikorana buhanga ry’icyo gihugu, gufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri Ukraine n’ibindi.

Ibi byose byatumye Amerika ifata ingamba zirimo kubuza ibigo byayo by’ubucuruzi kohereza ibicuruzwa bifite ikorana buhanga rihambaye mu Bushinwa no kubuza abashoramari bayo kwirinda gushora imari mu nzego zimwe na zimwe zifatiye runini ubukungu bw’u Bushinwa.

Wang avuga ko ibi bigamije kugabanya ubushobozi bw’u Bushinwa, uretse ko ngo ibi bidashoboka.

Blinken kandi yahuye na perezida Xi Jinping wamwijeje ko u Bushinwa budafite umugambi wo kwivanga mu matora y’Amerika, anashimangira ko u Bushinwa bwakwishimira kubona Amerika ikize, ariko yifuza ko byagenda gutyo kuri Amerika, nayo ikishimira kubona u Bushinwa buteye imbere.

                 MCN.
Tags: Bwa buriye Leta Zunze Ubumwe z'AmerikaKudakomeza ku gishotoraU Bushinwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe “safisha mujyi wa Goma.”

Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n'abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe "safisha mujyi wa Goma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?