Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igihugu cy’u Bushinwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, buri ruhande rwateguje urundi kurushwanyaguza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 30, 2024
in Regional Politics
0
Igihugu cy’u Bushinwa na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, buri ruhande rwateguje urundi kurushwanyaguza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Bushinwa yateguje Amerika ku yishwanyaguza mu gihe yaba ikomeje kubangamira inyungu zayo.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Nibyatangajwe ku wa 29/04/2024, aho byavuzwe n’u muvugizi wa minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Lin Jian, nyuma y’uko perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yari amaze kwemeza ko igihugu cye kigiye gushora miliyari z’amadolari y’Amerika zizafasha mu kubungabunga umutekano ku nyanja y’Abahinde na Atlantique.

Iriya nkunga kandi izanahabwaho igisirikare cya leta ya Taiwan, isanzwe itavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bushinwa.

Ikindi n’uko perezida Joe Biden aheruka gutangaza ko igihugu cye kigomba kugabanya ibyo gikenera mu Bushinwa, kuko ngo abayobozi b’u Bushinwa ari abantu bashobora gukora ibintu bibi mu gihe bafite ikibazo.

Umuvugizi wa minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Bushinwa, Lin Jian yasabye Amerika kubaha inyungu z’u Bushinwa no guha agaciro impungenge bugira ku mutekano wabwo, bitaba ibyo bukazafata ingamba zo kwirengera.

Yagize ati: “Dusabye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guha igihugu cyacu inyungu fatizo, ndetse no kureka hakaba umutekano ku bitera impungenge, ntishyire ingingo mbi zerekeye ku Bushinwa. Nibitaba ibyo u Bushinwa buzafata ingamba zikakaye kuri Amerika, kandi zigamije kurinda ubusugire bw’igihugu cyacu.”

U Bushinwa bwanasobanuye ko leta yabo ishigikiye ko intambara y’u Burusiya na Ukraine yahagarara, binyuze mu nzira y’ibiganiro, bwemeza ko ubufatanye buri hagati y’i bihugu byombi bushingiye ku bukungu.

Ati: “Uburenganzira bw’u Bushinwa bwo gucuruzanya n’ibihugu birimo n’u Burusiya no kugirana ubufatanye mu bukungu, hashingiwe ku kureshya n’inyungu kuri buri ruhande ntabwo bukwiye kuvangirwa cyangwa kwitambikwa imbere.”

Uyu muvugizi yaboneyeho no kuvuga ko Amerika iha intwaro igihugu cya Ukraine, asobanura ko ibi byerekana neza ko Amerika yiyegereza intambara.

Ubwo umunyabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken yari avuye mu Bushinwa mu Cyumweru gishize, yaje avuga ko u Bushinwa buha ibikoresho by’agisirikare ingabo z’u Burusiya bibafasha kurwana muri Ukraine, ateguza ko u Bushinwa nibukomeza iyonzira bugomba kuzafatirwa ingamba.

        MCN.
Tags: Bwateguje Amerika kuyishwanyaguzaU Bushinwa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Mu nkengero z’i Rukombe, ahazwi nka Nyabibuye havuzwe intambara ikomeye yo gusubiranamo kwa Maï Maï.

Mu nkengero z'i Rukombe, ahazwi nka Nyabibuye havuzwe intambara ikomeye yo gusubiranamo kwa Maï Maï.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?