
Igihugu kidasanzwe mumyunvire yabenshi arico Israel kuruyu wambere tariki 27.03.2023 babyukiye mumyigaragambyo yokwamagana Ministre w’intebe Benjamin Netanyahu.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 27.03.2023, saa 8:10AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News nuko mugihugu gifite amateka akomeye arico gihugu ca Israel Igihugu ca Mose na Yoshuwa kuruyu wambere tariki 27.03.2023 ibihumbi byabanya Israel babyukiye mumyigaragambyo yokwamagana Ministre w’intebe Benjamin Netanyahu uheruka kwirukana Minisitiri wingabo wico gihugu.
Mumakaru amaze gutangazwa nibinyamakuru byinshi harimo namakuru dukesha AFP yabafaransa avuga ko Minisitiri wingabo wa Israel y’irukanwe kubera yasabishije leta ye kutavugurura ubucamanza kurizo mpamvu Minisitiri w’intebe ariwe Benjamin Netanyahu ahita afata icemezo cihuse co kumwirukana.
Ibi byatumye abantu ibihumbi nibihumbi babyukira mumyigaragambyo.
Umuhanda munini wa Tel Aviv abarimo gukora imyigaragambyo bawufunze nta modoka zihaca ikindi nuko bacanye imiriro mumihanda kugira berekane uburakari bafite.
Ikigihugu ca Israel nigihugu benshi bazi mumateka yijambo ry’Imana(Bibiliya) igihe cose Israel ivuzwe buriwese yunvamo Abraham, Amosi ndetse na Yoshuwa.
Kimwe nuko wovuga Imulenge Izina Rukunda Makanika Rikaza cangwa wavuga Urwanda Izina Freddy Gisa Rwigyema na Paul Kagame rihita riza.




