• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in Regional Politics
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

You might also like

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n’umusenateri muri Leta y’u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igaragaza ko ntabiganiro by’amahoro ashaka, ko icyamushobora ari uko “abarwanyi ba AFC/M23 bamurasa, amatwi akaziba.”

Ni mu kiganiro senetari Evode yagiranye na televiziyo Rwanda mu ijoro ryo ku itariki ya 12/10/2025, aho cyagarukaga ku ntambara iri kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC.

Uyu munyamtegeko yavuze ko ibyo Tshisekedi yavugiye mu nama ya Global Gateway Forum, yabereye i Brussel mu Bubiligi n’ikiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri iki gihugu ku cyumweru, byagaragaje ko nta bushake bw’ibiganiro afite.

Ni mu gihe mu kiganiro n’Abanyekongo bari mu Bubiligi, Tshisekedi yagiranye na bo yabagaragarije ko biriya yavugiye mu nama ya Global Gateway Forum, ko ashaka ubwiyunge n’u Rwanda, ari urwiyerurutso, kuko ngo yabivuze nk’utanga abagabo, ashaka ko amahanga abona ko atari we kibazo ku ntambara ingabo ze zihanganyemo na AFC/M23 muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Evode yahise avuga ko ushingiye kuri iyi myitwarire ya perezida wa RDC, ubona ko nta bushake afite haba mu gushyira mu bikorwa ibiganirwaho mu biganiro by’i Doha bihuza AFC/M23 na Leta ye, n’ibikubiye mu masezerano ya Washington DC, areba igihugu cye n’u Rwanda.

Yagize ati: “Kumenya aho ibintu byerekeza ku muntu nka Tshisekedi muri iki gihe biragoye, n’ibyo biganiro by’i Doha wibuke ko yavuze ati sinzigera nganira na M23, avuga ko kuganira na M23 ari umurongo utukura. Uyu munsi muri kwa kwinyuraguramo kwe i Doha hari kubera ibiganiro, ariko ntibyadutangaza.”

Yanavuze kandi ko ntaburyo amasezerano y’i Doha yashyirwa mu bikorwa hatabanje kubahirizwa amasezerano y’i Washington DC, mu gihe Tshisekedi yatangiye kwanga gushyira mu bikorwa bimwe mu biyakubiyemo.

Yakomeje avuga ko igishobora gutuma Tshisekedi acisha make ari uko yarswaho bikomeye na AFC/M23.

Ati: “Rwose Tshisekedi afite imyitwarire y’ubushotoranyi nubwo ayihakana, n’ibyo yahisemo ariko aba bahungu ba AFC/M23 sinzi gahunda yabo, ariko bari kumurasa mu gutwi ku kaziba kuko ndabona aricyo kintu cyashoboka, naho ibindi byose byo kwirirwa muvuga ngo araganira byo ntabyo ashaka.”

Tags: Barasa amatwi akazibaEvodeTshisekedi
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yasabye ko yahuza imbaraga na perezida Paul Kagame w'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?