• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 13, 2025
in Regional Politics
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

You might also like

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n’umusenateri muri Leta y’u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igaragaza ko ntabiganiro by’amahoro ashaka, ko icyamushobora ari uko “abarwanyi ba AFC/M23 bamurasa, amatwi akaziba.”

Ni mu kiganiro senetari Evode yagiranye na televiziyo Rwanda mu ijoro ryo ku itariki ya 12/10/2025, aho cyagarukaga ku ntambara iri kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC.

Uyu munyamtegeko yavuze ko ibyo Tshisekedi yavugiye mu nama ya Global Gateway Forum, yabereye i Brussel mu Bubiligi n’ikiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri iki gihugu ku cyumweru, byagaragaje ko nta bushake bw’ibiganiro afite.

Ni mu gihe mu kiganiro n’Abanyekongo bari mu Bubiligi, Tshisekedi yagiranye na bo yabagaragarije ko biriya yavugiye mu nama ya Global Gateway Forum, ko ashaka ubwiyunge n’u Rwanda, ari urwiyerurutso, kuko ngo yabivuze nk’utanga abagabo, ashaka ko amahanga abona ko atari we kibazo ku ntambara ingabo ze zihanganyemo na AFC/M23 muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Evode yahise avuga ko ushingiye kuri iyi myitwarire ya perezida wa RDC, ubona ko nta bushake afite haba mu gushyira mu bikorwa ibiganirwaho mu biganiro by’i Doha bihuza AFC/M23 na Leta ye, n’ibikubiye mu masezerano ya Washington DC, areba igihugu cye n’u Rwanda.

Yagize ati: “Kumenya aho ibintu byerekeza ku muntu nka Tshisekedi muri iki gihe biragoye, n’ibyo biganiro by’i Doha wibuke ko yavuze ati sinzigera nganira na M23, avuga ko kuganira na M23 ari umurongo utukura. Uyu munsi muri kwa kwinyuraguramo kwe i Doha hari kubera ibiganiro, ariko ntibyadutangaza.”

Yanavuze kandi ko ntaburyo amasezerano y’i Doha yashyirwa mu bikorwa hatabanje kubahirizwa amasezerano y’i Washington DC, mu gihe Tshisekedi yatangiye kwanga gushyira mu bikorwa bimwe mu biyakubiyemo.

Yakomeje avuga ko igishobora gutuma Tshisekedi acisha make ari uko yarswaho bikomeye na AFC/M23.

Ati: “Rwose Tshisekedi afite imyitwarire y’ubushotoranyi nubwo ayihakana, n’ibyo yahisemo ariko aba bahungu ba AFC/M23 sinzi gahunda yabo, ariko bari kumurasa mu gutwi ku kaziba kuko ndabona aricyo kintu cyashoboka, naho ibindi byose byo kwirirwa muvuga ngo araganira byo ntabyo ashaka.”

Tags: Barasa amatwi akazibaEvodeTshisekedi
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yashinje Impuguke za Loni Kubogamira kuri FDLR

U Rwanda Rwamaganye Amayeri yo Gutinza Amahoro muri RDC, Rwibutsa ko Inzira Zemejwe Zigomba Gushyirwa mu Bikorwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye ku...

Read moreDetails

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland

“Iyo RDC Ikorana n’u Rwanda, Uyu Munsi Iba Ari Igihugu Gikize Kurusha Ibindi muri Afurika” – Sonia Rolland Sonia Rolland, umukinnyi wa filime wamamaye ku rwego mpuzamahanga wanabaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ryasabye Leta y’u Burundi gufungura umupaka...

Read moreDetails

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakomeje urugendo rwe rwa dipolomasi muri Afurika, agera muri Repubulika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF Mu itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, U Rwanda rwatangaje ko rusubije gutanga Louise...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?