Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igipimo ca Spectrophotometrie, cyari cyaribwe ku bitaro bya Hõpital General de Reférence de Minembwe cyabonetse.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku bitaro bya Hõpital General de Réference de Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bongeye kugarurirwa igipimo cya Spectrophotometrie, cyarikigize igihe cyaribwe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko byavuzwe kiriya gipimo cyahoze muribi bitaro bya Minembwe, biterwa inkunga n’Itorero rya Zion Temple, binyuze kuri Bishop Dr Apostle Paul Gitwaza. Isoko yacu dukesha ay’amakuru, ivuga ko kiriya gipimo cyabuze m’ukwezi kwa Gatanu (5), ubwo umuganga mukuru wari ukuriye ibyo bitaro, bwana Dr Bertin Mushagalusa, yerekezaga i Bukavu, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Uyu Dr Bertin Mushagalusa, avuka m’ubwoko bw’Abashi, i Bukavu, yahoze ayoboye biriya bitaro mugihe yaramaze gusezera abaganga abereye umuyobozi mukuru kwagiye mw’ikonje nyuma gato aba baganga bagiye kwitera hejuru basanga igipimo ntigiheruka mubitaro bya Hõpital General de Réference de Minembwe.

Ik’i Cyumweru dusoje nibwo kiriya gipimo Dr Bertin Mushagalusa, yongeye kucyohereza agihaye abagenzi bava i Bukavu baja mu Minembwe, ho mu misozi miremire y’Imulenge. Ntabyinshi yigeze abwira bariya bakigejeje mu Minembwe byavuzwe ko gusa yabasabye ku kimugereza mubitaro bya Minembwe.

Kiriya gipimo gifasha gupima indwara zose zipimwa mugihe bakoresheje Amaraso, (Hémogramme complet).

Twabibutsako ko Dr Bertin Mushagalusa, yavuye kuri ibi bitaro agiye mw’ikonji cangwa se mukiruhuko, ariko ntiyongeye kugaruka. Uwatanze ay’amakuru kuri Minembwe Capital News, yasabye ko uriya muganga ngo kubera ko yagiye yibye aho abereye umuyobozi ngo bikwiyeko adakwiye kongera kugaruka kuhakorera.

Ati: “Dr Bertin Mushagalusa, yarahemutse rwose! Kw’iba ibitaro ubereye umuyobozi biragayitse.”

Yongyeyeho kandi ati: “Nasabako uyu muganga adakwiye kongera kuza gukorera kuri ibi bitaro bya Hõpital General de Réference de Minembwe.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Hopital General de Reférence de Minembwe cyabonetseSpectrophotometrie
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Antony Blinken, ku kibazo cya RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?