• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Igisirikare ca RDC, cyibasiriye leta Zunze Ubumwe za Amerika gushigikira u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
August 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya RDC, cyibasiriye leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera u Rwanda.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 17/08/2023, saa 5:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo FARDC, zibasiriye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zibashinja gufasha u Rwanda, nimugihe leta ya Kinshasa ishinja Kigali gufasha M23.

FARDC yatangaje ibi nyuma yumunsi umwe Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken, aganiriye kuri Telefoni na Perezida Paul Kagame ku kibazo cyo Muburasirazuba bwa RDC.

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yatangaje ko Perezida Kagame na Antony Blinken bagiranye “ikiganiro gitanga umusaruro ku bibazo bitoroshye biri hafi y’umupaka wa Congo Kinshasa n’u Rwanda.”

Uyu mukuru wa dipolomasi ya Amerika kandi yasabye Perezida Kagame ko u Rwanda na RDC bafata ingamba zigamije guhoshya umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi mu buryo bwa dipolomasi.

Umuvugizi w’Igisirikare cya RDC, Général-Major Sylvain Ekenge, nyuma ya kiriya kiganiro yashinje Amerika kwamamaza propagande z’u Rwanda.

Yabwiye abanyamakuru ati: “Abanyamerika barimo kwamamaza poropagande y’u Rwanda igize urwitwazo rwo gugaragaza ko byari ngombwa gutera Congo.”

Mu byo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze igihe zisaba Congo harimo guhagarika imikoranire iri hagati y’Igisirikare cyayo n’umutwe wa FDLR.

U Rwanda rwakunze kugaragaza iyi mikoranire nk’ikibazo ku mutekano warwo, ndetse rwakunze gushimangira ko ari yo nyirabayazana w’umwuka mubi uri hagati yarwo na Congo.

Gén Ekenge yabwiye itangazamakuru ko FDLR nta kibazo gikomeye iteje ku mutekano w’u Rwanda.

Ati: “FDLR yo mu 1994 iri mu kigero kimwe na Perezida Kagame ndetse nta kibazo gikomeye iteje ku Rwanda. U Rwanda ruri kuyitwaza kugira ngo rutere igihugu cyacu.”

Ekenge kandi yavuze ko RDC ifite Politiki y’Igisirikare idafite aho ihuriye no kwifashisha imitwe yitwaje intwaro kugira ngo ihungabanye umutekano w’ibihugu baturanye.

Yavuze ko bimwe muri ibyo bihugu ahubwo ari bwo bihungabanya umutekano wa Congo Kinshasa.

Uyu musirikare yahakanye ibi mu gihe raporo impuguke za Loni zasohoye muri uyu mwaka yerekana ko Igisirikare cya Congo kimaze igihe gifitanye imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri kiriya gihugu, by’umwihariko uwa FDLR.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Haravugwa Imigumuko mu b'Anyeshuri i Goma, nimugihe bakomeje gushimutwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?