• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n’ibyo RDF, yatangaje k’u musirikare wa RDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
January 17, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n’ibyo RDF, yatangaje k’u musirikare wa RDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyatangaje ibinyuranye nibyo igisirikare c’u Rwanda (RDF) batangaje ku musirikare wa FARDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda, aharejo tariki ya 16/01/2024.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nyuma y’uko Abasirikare batatu ba FARDC binjiye k’u butaka bw’u Rwanda, binyuranyije n’amategeko umwe muribo akaza kuhasiga ubuzima arashwe abandi ba biri barafatwa. RDF yahise itangaza ivuga iti: “Abasirikare ba FARDC binjiye mu Rwanda, bafite imbunda yo mu bwoko bwa AK-47, n’amagazine zitatu zirimo amasasu 105 ko kandi binjiriye Rubavu ndetse ko umwe muribo yagerageje kurasa birangira yishwe arashwe abandi bakaza gufatwa.”

uy’u munsi rero tariki ya 17/01/2024, ubuyobozi bw’Ingabo za RDC, bemeje urupfu rw’umusirikare wabo warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda, ariko banyuranya n’ibyo RDF yatangaje.

Mu itangazo rya giye hanze ry’igisirikare cya FARDC, ririho umukono w’u muvugizi w’iki Gisirikare, major Gen Sylvain Ekenge Bomusa Efomi, rigira riti: “Abasirikare batatu ba FARDC bari ku burinzi bw’umupaka muremure uhuriweho na RDC n’u Rwanda, bisanze mu buryo bwo kwibesha k’u butaka bw’u Rwanda ahagana isaha za saa 10:00.”

Rikomeza rigira riti: “Umwe muribo yishwe, abandi bafatwa n’igisirikare c’u Rwanda.”

N’itangazo ryanavuze kandi ko bariya basirikare babo bari bafite amapeti ari mucyicyiro gitangira.

Itangazo rya FARDC risoza rishimangira riti: “Iki kibazo cy’abasirikare ba Congo cyangwa b’u Rwanda bajya bisanga k’u butaka bw’u Rwanda cyangwa bwa RDC. Igihe cyose urwego rushinzwe imipaka mu karere (EJVM), rwa komeje kuza bafasha kugira ngo abafashwe baze basubizwa i Bihugu byabo. Tubabajwe rero n’uko umwe muri aba basirikare batatu yarashwe arapfa; kuri ubwo, turasaba ko urwego rwa EJVM ru bikurikirana kugira ngo abafashwe basubizwe iwabo ndetse n’u murambo w’u warashwe usubizwe mu Gihugu cyabo.”

Bruce Bahanda.

Tags: FardcYatangaje ibinyuranyije n'ibyo RDFYatangaje k'u musirikare wa FARDC warasiwe k'u butaka bw'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rwa M23,rwo ngeye gukomerera Ingabo z’u Burundi, k’urundi ruhande Imbonerakure kure ninshi bari koherezwa muri RDC.

Urugamba rwa M23,rwo ngeye gukomerera Ingabo z'u Burundi, k'urundi ruhande Imbonerakure kure ninshi bari koherezwa muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?