Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n’ibyo RDF, yatangaje k’u musirikare wa RDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 17, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya FARDC cyatangaje ibinyuranyije n’ibyo RDF, yatangaje k’u musirikare wa RDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyatangaje ibinyuranye nibyo igisirikare c’u Rwanda (RDF) batangaje ku musirikare wa FARDC warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda, aharejo tariki ya 16/01/2024.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nyuma y’uko Abasirikare batatu ba FARDC binjiye k’u butaka bw’u Rwanda, binyuranyije n’amategeko umwe muribo akaza kuhasiga ubuzima arashwe abandi ba biri barafatwa. RDF yahise itangaza ivuga iti: “Abasirikare ba FARDC binjiye mu Rwanda, bafite imbunda yo mu bwoko bwa AK-47, n’amagazine zitatu zirimo amasasu 105 ko kandi binjiriye Rubavu ndetse ko umwe muribo yagerageje kurasa birangira yishwe arashwe abandi bakaza gufatwa.”

uy’u munsi rero tariki ya 17/01/2024, ubuyobozi bw’Ingabo za RDC, bemeje urupfu rw’umusirikare wabo warasiwe k’u butaka bw’u Rwanda, ariko banyuranya n’ibyo RDF yatangaje.

Mu itangazo rya giye hanze ry’igisirikare cya FARDC, ririho umukono w’u muvugizi w’iki Gisirikare, major Gen Sylvain Ekenge Bomusa Efomi, rigira riti: “Abasirikare batatu ba FARDC bari ku burinzi bw’umupaka muremure uhuriweho na RDC n’u Rwanda, bisanze mu buryo bwo kwibesha k’u butaka bw’u Rwanda ahagana isaha za saa 10:00.”

Rikomeza rigira riti: “Umwe muribo yishwe, abandi bafatwa n’igisirikare c’u Rwanda.”

N’itangazo ryanavuze kandi ko bariya basirikare babo bari bafite amapeti ari mucyicyiro gitangira.

Itangazo rya FARDC risoza rishimangira riti: “Iki kibazo cy’abasirikare ba Congo cyangwa b’u Rwanda bajya bisanga k’u butaka bw’u Rwanda cyangwa bwa RDC. Igihe cyose urwego rushinzwe imipaka mu karere (EJVM), rwa komeje kuza bafasha kugira ngo abafashwe baze basubizwa i Bihugu byabo. Tubabajwe rero n’uko umwe muri aba basirikare batatu yarashwe arapfa; kuri ubwo, turasaba ko urwego rwa EJVM ru bikurikirana kugira ngo abafashwe basubizwe iwabo ndetse n’u murambo w’u warashwe usubizwe mu Gihugu cyabo.”

Bruce Bahanda.

Tags: FardcYatangaje ibinyuranyije n'ibyo RDFYatangaje k'u musirikare wa FARDC warasiwe k'u butaka bw'u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rwa M23,rwo ngeye gukomerera Ingabo z’u Burundi, k’urundi ruhande Imbonerakure kure ninshi bari koherezwa muri RDC.

Urugamba rwa M23,rwo ngeye gukomerera Ingabo z'u Burundi, k'urundi ruhande Imbonerakure kure ninshi bari koherezwa muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?