• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya FARDC, cyatangaje operasiyo nshyasha ku mutwe wa M23, hagati aho imirwano irakomeje muri Karuba.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2024
in Regional Politics
0
Inka z’Abtutsi zanyazwe n’abungeri bazo bashimutwa n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cya tangaje ko kigiye gutangiza urugamba rukaze gifatanije n’Ingabo za SADC aho bagiye guhasha umutwe w’inyeshamba wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, bitangajwe na Lt Gen Fall Sikabwe, ushinzwe operasiyo y’Ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “SADC yaje muri misiyo ikomeye yogufasha FARDC kurwanya M23. Dufite icyizere ko ibintu byose bigiye kuja mu buryo ndetse n’abaturage bakuwe mu byabo bagiye gutaha.”

Ibi abitangaje nyuma y’uko hari habanjye kuba ibiganiro bihuza ubuyobozi bw’Ingabo za SADC n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 binyuze mu muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zongeye gutera ibisasu biremereye mu baturage baturiye Karuba, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kanyuka yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kandi gutera mu baturage baturiye Karuba no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “Ubushize bari bongeye kugaba ibitero bagira ngo nibisanzwe birangira bahakubitiwe kubi basiga n’ibikoresho byinshi by’agisirikare.”

Igitero cyagabwe muri Karuba, bakigabye igihe c’isaha z’igitondo cyakare ahagana isaha za 9h30, ku musaha yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Tags: FardcImirwanoKarubaM23Yatangaje operasiyo nshyasha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Sostene Serugaba wari ufungiwe mu Minembwe n’umudamu we bagejejwe i Bukavu bafunzwe.

Sostene Serugaba wari ufungiwe mu Minembwe n'umudamu we bagejejwe i Bukavu bafunzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?