Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya FARDC, cyatangaje operasiyo nshyasha ku mutwe wa M23, hagati aho imirwano irakomeje muri Karuba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2024
in Regional Politics
0
Inka z’Abtutsi zanyazwe n’abungeri bazo bashimutwa n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cya tangaje ko kigiye gutangiza urugamba rukaze gifatanije n’Ingabo za SADC aho bagiye guhasha umutwe w’inyeshamba wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, bitangajwe na Lt Gen Fall Sikabwe, ushinzwe operasiyo y’Ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “SADC yaje muri misiyo ikomeye yogufasha FARDC kurwanya M23. Dufite icyizere ko ibintu byose bigiye kuja mu buryo ndetse n’abaturage bakuwe mu byabo bagiye gutaha.”

Ibi abitangaje nyuma y’uko hari habanjye kuba ibiganiro bihuza ubuyobozi bw’Ingabo za SADC n’ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 binyuze mu muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zongeye gutera ibisasu biremereye mu baturage baturiye Karuba, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kanyuka yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kandi gutera mu baturage baturiye Karuba no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “Ubushize bari bongeye kugaba ibitero bagira ngo nibisanzwe birangira bahakubitiwe kubi basiga n’ibikoresho byinshi by’agisirikare.”

Igitero cyagabwe muri Karuba, bakigabye igihe c’isaha z’igitondo cyakare ahagana isaha za 9h30, ku musaha yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Tags: FardcImirwanoKarubaM23Yatangaje operasiyo nshyasha
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Sostene Serugaba wari ufungiwe mu Minembwe n’umudamu we bagejejwe i Bukavu bafunzwe.

Sostene Serugaba wari ufungiwe mu Minembwe n'umudamu we bagejejwe i Bukavu bafunzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?