Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Israel cya koze operasiyo idasanzwe, kibohoza abantu babo bari bafungiye mu Ntara ya Gaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 9, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Israel cya koze operasiyo idasanzwe, kibohoza abantu babo bari bafungiye mu Ntara ya Gaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Israel cya koze operasiyo idasanzwe, kibohoza abantu babo bari bafungiye mu Ntara ya Gaza.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni operasiyo yari gamije kubohoza abantu bane bari barashimuswe n’umutwe wa Hamas umwaka ushize babohojwe n’ingabo za Israel zibavanye hagati muri Gaza, mu gitero iki gisirikare cya Israel cyateguye iminsi irindwi nk’uko iy’inkuru tuyikesha radio BBC.

Ku baturage ba Israel byabaye ibyishimo bikomeye no kwiruhutsa, mu gihe ku ruhande rw’Abanyapalestine byazanye akaga kurushaho, aho ibitaro bivuga ko abantu zamirongo barimo abana bishwe mu gitero cy’ahantu hatuwe cyane mu nkambi ya Nuserirat.

Iki gitero cyiswe imbuto z’impeshyi mu buryo budasanzwe cyakozwe ku manywa ingabo za Israel zivuga ko ibi byafashije gutungura abatewe.

Mu gihe yuzuye urujya n’uruza rw’abantu barimo guhaha ku isoko riri hafi aho.

Byari bisobanuye kandi ibyago bikomeye ku ngabo zidasanzwe za Israel, bitari ukwinjira gusa ahubwo cyane cyane kubasha gusohoka.

Umwe mu bakomando badasanzwe ba Israel yarakomeretse nyuma apfira kwa muganga, nk’uko Polisi ya Israel yabivuze.

“Byari nk’igitero cya Entebbe” ni ko Rear Admiral Daniel Hagari umuvugizi w’igisirikare cya Israel yavuze abigereranya n’igitero ingabo za Israel zagabye muri Uganda mu 1976 zakabohora abantu 100 bari bafashwe bugwate.

Bagendeye ku makuru y’ubutasi, nyuma yo kwinjira muri Gaza bavuye muri Israel, Hagari yavuze ko abakomando bo mu itsinda ridasanzwe icya rimwe bateye inzu za apartments zibiri muri Nuserirat aho abo bashimuswe bari bafungiye.

Abari bafunzwe hari Noa Argamani w’imyaka 26, Shlomo Ziv, Andrey Kozlov, na Almeil Jan.

Uwitwa Hagari yavuze ko bari bafungiwe mu byumba bigoswe n’abarinzi.

Yavuze ko abakomando ba Israel, nyuma yo gukoresha imbaraga bakinjira, bafashe za mbohe bakazihambiraho kugira ngo babashe kuzihora zitarashwe, mbere yo kuhinjiza mu mudoka zagisirikare zari zibategereje hanze.

Mu kugenda ni bwo barashweho cyane n’abarwanyi b’Abanyapalesitine.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zafashije Israel mu kuyiha amakuru y’ubutasi kuri iki gitero.

Amashusho ya telefone ngendanwa yerekanye abantu basimbukira mu bwihisho nyuma y’uko ibisasu bya misile byituye aho, n’amasasu y’imbunda agatangira guturika impande zose.

Andi mashusho yerekanwe imirambo irambaraye mu muhanda.

Biboneka ko iki gitero cyakoreshwemo imbaraga nyinshi.

Abaganga ku bitaro bibiri byo muri Gaza bavuga ko babaze imirambo irenga 70.

Hagari agereranya ko abapfuye bari munsi ya 100, mu gihe Hamas yatangaje ko abantu barenga 200 bapfuye.

      MCN.
Tags: GazaIDFIsraelOperasiyo idasanzwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inzego zishinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi zataye muri yombi umupasitoli zimwita Umunyamulenge w’intasi.

Inzego zishinzwe umutekano mu Gihugu cy'u Burundi zataye muri yombi umupasitoli zimwita Umunyamulenge w'intasi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?