• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Israel (IDF) cyemeje gusubiza Iran ku gitero iheruka kuyigabaho.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Israel (IDF) cyemeje gusubiza Iran ku gitero iheruka kuyigabaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Israel yemeje ko ibwirizwa kwihora Iran iheruka kuyigabaho igitero gikomeye.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni ibikubiye mu byemezo by’u buyobozi bukuru bw’i gisirikare cya Israel bashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/04/2024.

Iki gisirikare cya Israel kivuga ko Iran igomba kwishurwa byanze bikunze.

Bati: “Tugomba kuyishura ku kiguzi cy’i bisasu bya Misile 350 n’ibitero by’indege z’itagira abapilote bagabye ku butaka bwacu.”

Igisirikare cya Israel kandi kivuga ko Iran yagabye ibyo bitero iri ku butaka bwayo ngo ni mugihe yari yabifashijwemo na somambike wayo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Israel Gen Herzi Halevi yavuze ko Iran ibwirizwa kubona ingaruka zibikorwa byayo. Gusa uyu muyobozi mukuru w’igisirikare cya Israel ntiyigeze avuga uko igisirikare cye, kizakora ibyo bitero, yashimangiye gusa ko Israel izahora ku mwanya mwiza izahitamo.

Israel ibishize ku mugaragaro ko izahora mu gihe Iran yari yatangaje ko itazakomeza ibitero ngo mu gihe Israel itazihora.

Kimweho ibihugu birimo Amerika n’ibindi byo mu Buraya byari byatangaje ko bitazashigikira Israel mu gihe yohitamo guhora. Ariko Amerika ikemeza ko kuba Israel yarabashije kuburizamo 99% ibitero yari yagabweho harimo ukuboko kwayo.

Ibihugu bikomeye bifite amakenga ko Israel nihora hashobora kwaduka intambara yo muri ako karere, bityo bigahungabanya umutekano.

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, byatangaje ko ibihugu birindwi bitunze gusumba ibindi aribyo Amerika, Canada, u Budage, u Bwongereza, u Butaliyani, u Bufaransa n’u Buyapani bigiye guhura byige uko byofatira Iran ibihano.

Israel yabashije guhanura Misile na drone za Iran ibifashijwemo n’Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa, Yorodaniya na Arabiya Saudite.

Irani yo ivuga ko yateye Israel kugira yihore igitero yemeza ko cyagabwe na Israel kuri ambasade yabo iri muri Siliya kigahitana babiri mu ba General babo.

Ku munsi w’ejo hashize ambasaderi wa Iran muri Oni yerekanye video irimwo amashusho yabimwe mu bisasu Iran yateye muri Israel. Ariko byagaragaza ko nta bintu bifatika byangirije.

       MCN.
Tags: GuhoraIgisirikare cya IsraelIgitero iheruka kuyigabahoIran
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwatangaje icyo bugiye gushira hanze kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwatangaje icyo bugiye gushira hanze kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?