• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Israel (IDF) cyemeje gusubiza Iran ku gitero iheruka kuyigabaho.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Israel (IDF) cyemeje gusubiza Iran ku gitero iheruka kuyigabaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Israel yemeje ko ibwirizwa kwihora Iran iheruka kuyigabaho igitero gikomeye.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni ibikubiye mu byemezo by’u buyobozi bukuru bw’i gisirikare cya Israel bashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/04/2024.

Iki gisirikare cya Israel kivuga ko Iran igomba kwishurwa byanze bikunze.

Bati: “Tugomba kuyishura ku kiguzi cy’i bisasu bya Misile 350 n’ibitero by’indege z’itagira abapilote bagabye ku butaka bwacu.”

Igisirikare cya Israel kandi kivuga ko Iran yagabye ibyo bitero iri ku butaka bwayo ngo ni mugihe yari yabifashijwemo na somambike wayo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Israel Gen Herzi Halevi yavuze ko Iran ibwirizwa kubona ingaruka zibikorwa byayo. Gusa uyu muyobozi mukuru w’igisirikare cya Israel ntiyigeze avuga uko igisirikare cye, kizakora ibyo bitero, yashimangiye gusa ko Israel izahora ku mwanya mwiza izahitamo.

Israel ibishize ku mugaragaro ko izahora mu gihe Iran yari yatangaje ko itazakomeza ibitero ngo mu gihe Israel itazihora.

Kimweho ibihugu birimo Amerika n’ibindi byo mu Buraya byari byatangaje ko bitazashigikira Israel mu gihe yohitamo guhora. Ariko Amerika ikemeza ko kuba Israel yarabashije kuburizamo 99% ibitero yari yagabweho harimo ukuboko kwayo.

Ibihugu bikomeye bifite amakenga ko Israel nihora hashobora kwaduka intambara yo muri ako karere, bityo bigahungabanya umutekano.

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, byatangaje ko ibihugu birindwi bitunze gusumba ibindi aribyo Amerika, Canada, u Budage, u Bwongereza, u Butaliyani, u Bufaransa n’u Buyapani bigiye guhura byige uko byofatira Iran ibihano.

Israel yabashije guhanura Misile na drone za Iran ibifashijwemo n’Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa, Yorodaniya na Arabiya Saudite.

Irani yo ivuga ko yateye Israel kugira yihore igitero yemeza ko cyagabwe na Israel kuri ambasade yabo iri muri Siliya kigahitana babiri mu ba General babo.

Ku munsi w’ejo hashize ambasaderi wa Iran muri Oni yerekanye video irimwo amashusho yabimwe mu bisasu Iran yateye muri Israel. Ariko byagaragaza ko nta bintu bifatika byangirije.

       MCN.
Tags: GuhoraIgisirikare cya IsraelIgitero iheruka kuyigabahoIran
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwatangaje icyo bugiye gushira hanze kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwatangaje icyo bugiye gushira hanze kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?