Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya Israel (IDF) cyemeje gusubiza Iran ku gitero iheruka kuyigabaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cya Israel (IDF) cyemeje gusubiza Iran ku gitero iheruka kuyigabaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Israel yemeje ko ibwirizwa kwihora Iran iheruka kuyigabaho igitero gikomeye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibikubiye mu byemezo by’u buyobozi bukuru bw’i gisirikare cya Israel bashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/04/2024.

Iki gisirikare cya Israel kivuga ko Iran igomba kwishurwa byanze bikunze.

Bati: “Tugomba kuyishura ku kiguzi cy’i bisasu bya Misile 350 n’ibitero by’indege z’itagira abapilote bagabye ku butaka bwacu.”

Igisirikare cya Israel kandi kivuga ko Iran yagabye ibyo bitero iri ku butaka bwayo ngo ni mugihe yari yabifashijwemo na somambike wayo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Israel Gen Herzi Halevi yavuze ko Iran ibwirizwa kubona ingaruka zibikorwa byayo. Gusa uyu muyobozi mukuru w’igisirikare cya Israel ntiyigeze avuga uko igisirikare cye, kizakora ibyo bitero, yashimangiye gusa ko Israel izahora ku mwanya mwiza izahitamo.

Israel ibishize ku mugaragaro ko izahora mu gihe Iran yari yatangaje ko itazakomeza ibitero ngo mu gihe Israel itazihora.

Kimweho ibihugu birimo Amerika n’ibindi byo mu Buraya byari byatangaje ko bitazashigikira Israel mu gihe yohitamo guhora. Ariko Amerika ikemeza ko kuba Israel yarabashije kuburizamo 99% ibitero yari yagabweho harimo ukuboko kwayo.

Ibihugu bikomeye bifite amakenga ko Israel nihora hashobora kwaduka intambara yo muri ako karere, bityo bigahungabanya umutekano.

Ibiro bya perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, byatangaje ko ibihugu birindwi bitunze gusumba ibindi aribyo Amerika, Canada, u Budage, u Bwongereza, u Butaliyani, u Bufaransa n’u Buyapani bigiye guhura byige uko byofatira Iran ibihano.

Israel yabashije guhanura Misile na drone za Iran ibifashijwemo n’Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa, Yorodaniya na Arabiya Saudite.

Irani yo ivuga ko yateye Israel kugira yihore igitero yemeza ko cyagabwe na Israel kuri ambasade yabo iri muri Siliya kigahitana babiri mu ba General babo.

Ku munsi w’ejo hashize ambasaderi wa Iran muri Oni yerekanye video irimwo amashusho yabimwe mu bisasu Iran yateye muri Israel. Ariko byagaragaza ko nta bintu bifatika byangirije.

       MCN.
Tags: GuhoraIgisirikare cya IsraelIgitero iheruka kuyigabahoIran
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwatangaje icyo bugiye gushira hanze kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwatangaje icyo bugiye gushira hanze kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?