• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Igisirikare cya Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere kigira icyo kivuga ku ntambara cyagiye gufashamo u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2025
in World News
0
Igisirikare cya Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere kigira icyo kivuga ku ntambara cyagiye gufashamo u Burusiya.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere kigira icyo kivuga ku ntambara cyagiye gufashamo u Burusiya.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Koreya ya Ruguru yatangaje ku nshuro ya mbere ko abasirikare bayo bari gufasha igisirikare cy’u Burusiya mu ntambara barimo na Ukraine.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’igisirikare cya Koreya ya Ruguru, aho cyatangaje ko abasirikare bayo bafashije ab’u Burusiya kubohora akarere ko k’u mupaka ka Kursk. Kinavuga ko aba basirikare babikoze ku bw’itegeko ryatanzwe na perezida Kim Jong Un.

Iki gisirikare cyatangaje ibi nyuma y’aho umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burusiya, Valery Gerasimov ashimye ubutwari bw’ingabo za Koreya ya Ruguru ku ntambara zarwanye mu karere ka Kursk.

Hari kandi mbere y’aho abategetsi bo mu bihugu by’u burengerazuba bw’Isi batangaje ko byibuze abasirikare bagera ku 1,000 ba Koreya ya Ruguru biciwe mu ntambara bagiye gufashamo u Burusiya ku rwanya Ukraine. Bakagaragaza ko ibyo byabaye mu gihe cy’amezi atatu gusa.

Ku rundi ruhande, mu gihe u Burusiya butangaza ko kuri ubu ingabo zabwo n’iza Koreya ya Ruguru zigenzura akarere kose ka Kursk, Ukraine yo irabihakana, ikavuga ko ingabo zayo zikiri muri ako gace.

Hagataho, Leta Zunze ubumwe z’Amerika ziheruka gutangaza ko Koreya ya Ruguru igomba kwirengera ingaruka zo gushoza intambara kuri Ukraine.

Mu mpera z’umwaka ushize, Koreya y’Amajyepfo mu keba w’iyaruguru hamwe n’ubutasi bwo mu bihugu bitandukanye byagiye bitangaza ko Koreya ya Ruguru yohereje abasirikare ibihumbi ni bihumbi mu karere ka Kursk.

Koreya ya Ruguru kohereza abasirikare bayo gufasha ab’u Burusiya byavuye ku masezerano ari hagati y’ibihugu byombi yo gufashanya mu byagisirikare.

Kim Jong Un yari anaheruka gutangaza ko u Burusiya n’igihugu cye byerekanye ubuvandimwe mu karere ka Kursk.

Vladimir Putin na Kim Jong Un basinye amasezerano yo gufashanya mu gihe haba hari igihugu gitewe muri ibi byombi.

Tags: Koreya ya RuguruKurskU Burusiya
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye ibirindiro bikaze biherereyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC i Uvira.

Hamenyekanye ibirindiro bikaze biherereyemo ihuriro ry'Ingabo za RDC i Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?